H.E PAUL KAGAME mu nama izatangiza Impinduramatwara ya AI muri Afrika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari ku rutonde rwa bamwe mubakuru b’ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa Summit 2025, iteganyijwe kubera mu Mujyi umwe wa Conakry muri Guinée, ku matariki ya 12–14 Ugushyingo 2025. Iyi nama ikomatanyiriza hamwe abakuru b’ibihugu, impuguke mu ikoranabuhanga, inzego z’abikorera n’abashakashatsi, hagamijwe kurebera hamwe uko umugabane dutuye wa…

Soma inkuru yose

FERWAFA YATANZE IKIZERE CY’IKORESHWA RYA VAR MU MIKINO YO MU RWANDA

Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), aherutse gutangaza ko hari amahirwe menshi y’uko mu gihe cya shampiyona gitaha hazatangira gukoreshwa ikoranabuhanga ryo gusubiramo amashusho, rizwi nka VAR (Video Assistant Referee). Ni amakuru yakiranywe ibyishimo n’abakunzi b’umupira, cyane cyane abafana b’imikino yo mu gihugu,abatoza, ndetse namakipe bamaze igihe basaba ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu rwego rwo kugabanya…

Soma inkuru yose

Minisiteri y’Uburezi yunze ubumwe na Ntare Louisenlund Community mu kwimakaza ishuri ryisumbuye rifite ibisubizo by’icyerekezo

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yasinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye na Ntare Louisenlund Community Benefit Company hagamijwe gukomeza imikorere y’ishuri ryisumbuye rya Ntare Campus, rihangwa ku rwego mpuzamahanga. Aya masezerano yasinywe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, ahagarariwe na Minisitiri w’Ubutegetsi mu burezi, Claudette Irere, n’umunyamuryango w’Inama y’Ubutegetsi ya Louisenlund, Dr. Peter Christian Rösner. Byagarutsweho ko…

Soma inkuru yose

Karongi: Ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yafashwe nyuma y’imyaka 31 yihisha

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda rwataye muri yombi Ndindabahizi Faustin uri mumyaka isaga 62, ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho yari amaze imyaka 31 yihisha hisha ubutabera. Uyu mugabo yafatiwe ku biro by’Akagari ka Rubengera, mu Murenge wa Rubengera wo mu Karere ka Karongi, ubwo yari aje…

Soma inkuru yose

IMYIGARAGAMBYO MURI TANZANIA YATANGIYE KWANGIZA UBWIKOREZI BWO MU KARERE

Imyigaragambyo ikomeye iri kubera muri Tanzania kubera kutanyurwa n’amatora aherutse, yatangiye kugira ingaruka ku bihugu bihahirana n’iki gihugu, ubwo twavuga ibihugu bituranyi cyane cyane u Rwanda. Abaturage n’amatsinda atishimiye ibyavuye mu matora bakomeje kwigaragambya mu bice bitandukanye by’igihugu, ibi bigaragara ko byatangiye kugera ku nzego z’ubucuruzi n’ubwikorezi, birimo gutwika imodoka no gusahura ibicuruzwa. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

Gasogi United Yahigitse AS Muhanga! UDAHEMUKA J. de Dieu Yabaciye murihumye

Ikipe ya Gasogi United yakomeje kwerekana ko iri mu makipe akomeye y’i Kigali mu mikino ya shampiyona, nyuma yo gutsinda AS Muhanga igitego 1-0 mu mukino ukomeye wabereye kuri stade ya m Kigali, yitiriwe Pele stadium none ku wa 30 ukwakira 2025,Gasogi United yatangiye umukino isatira cyane ariko ASMuhanga nayo ikanyuzamo igasatira ariko gushyira mwizamu…

Soma inkuru yose

Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu Bufatanye Bushya mu Ikoranabuhanga ry’Ingufu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva, yakomeje urugendo rwe rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yakiriwe i Washington DC na Chris Wright, Umunyamabanga w’Ingufu wa Amerika. Ibiganiro byabo byibanze ku kwagura no gushimangira umubano w’ibihugu byombi mu rwego rw’iterambere ry’ingufu zishingiye ku ikoranabuhanga. Impande zombi zaganiriye ku mushinga wo guteza imbere ingufu za…

Soma inkuru yose

FERWAFA Yashyize Hanze Imyanzuro Ikomeye ku Makosa y’Abasifuzi: Amakipe Atatu mu Bushishozi Bukomeye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze imyanzuro ikubiyemo isesengura ryimbitse ku byagaragaye mu mikino yo ku munsi wa gatanu wa Rwanda Premier League, nyuma y’uko hagaragaye impaka nyinshi zijyanye n’imisifurire. Iyi myanzuro yaturutse kuri komisiyo ibifitiye ububasha, yakoresheje amashusho y’imikino ndetse inashingira ku mabaruwa y’ubusabe bw’amakipe. Bugesera FC vs AS Muhanga: Icyemezo cy’Ikosa…

Soma inkuru yose

Madamu Urujeni Martine yaganirije abagororwa b’i Nyarugenge: munteko yabaye uyumunsi

Kuri uyu wa Kabiri, mu rwego rwo kwegera abaturage bose harimo n’abafungiye mu bigo ngororamuco, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho myiza y’Abaturage, Madamu Urujeni Martine, yayoboye Inteko y’Abaturage yabereye mu igororero rya Nyarugenge. Ni inama idasanzwe igamije kumva ibitekerezo by’abagororwa, kumenya ibibazo bibabangamiye ndetse no kubashishikariza gukomeza inzira yo kwiyubaka, kugira ngo…

Soma inkuru yose

Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga yatangiriye i Nyanza:Indangamuntu izavuga byose kuri nyirayo

Kuri Sitade ya Nyanza, habereye igikorwa cy’ingenzi ku gihugu ubwo hatangizwaga ku mugaragaro gahunda yo kwemeza imyirondoro no gufotorwa y’abaturage, mu rwego rwo gutegura itangwa rya Indangamuntu nshya y’ikoranabuhanga, izahabwa buri Munyarwanda. Ni gahunda izahindura uburyo igihugu gicunga amakuru y’abaturage, aho buri muntu azahabwa Indangamuntu yifitemo ikoranabuhanga ryisumbuye kuryari risanzwe, ishobora gusomwa ku buryo bwa…

Soma inkuru yose