Ingabo z’u Rwanda Zagarutse mu Gihugu Nyuma y’Umwaka w’Ubutwari muri Mozambique

KIGALI – Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Inkeragutabara mu Rwanda (RDF Reserve Force), Maj. Gen. Alexis Kagame, hamwe n’Umugenzuzi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa (Operations), CP Vincent B. Sano, bakiriye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ryari rimaze umwaka rikorera mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique babungabunga amahoro. Iri…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Riyadh, agirana ibiganiro na Prince Mohammed bin Salman mbere y’inama ya Future Investment Initiative

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Riyadh muri Arabia Saudite aho yatangiriye uruzinduko rwe rw’akazi agirana ibiganiro byihariye na Nyiricyubahiro, Igikomangoma Mohammed bin Salman, Umuyobozi Mukuru w’Igihugu cya Arabia Saudite. Uru ruzinduko ruje mbere y’itangizwa ku mugaragaro ry’Inama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Future Investment Initiative (FII), igeze ku nshuro ya…

Soma inkuru yose

POLICE Y’U RWANDA KUBUFATANYE NA RIB YATANGIJE IPEREREZA KU BACURUZI BAHINDURA UTUVIDO TWARIMO JUS YA SALAMA

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yatangaje ko yatangije iperereza rigamije gukurikirana abacuruzi bagaragara mu mashusho acicikana ku mbuga nkoranyambaga bahindura uduvido twarimo Jus ya Salama, bamaze iminsi bahagaritse ku isoko n’inzego zibifitiye ububasha . Amashusho yashyizwe hanze agaragaza abantu batandukanye barimo gusimbuza ibirango bya Salama Juice ku mavideyo, bakabomekaho ibirango bishya…

Soma inkuru yose

Imodoka ya Trinity iguye ku Gaseke: Abagenzi barakomereka bikomeye!

Impanuka ikomeye y’imodoka ya kompanyi itwara abagenzi ya Trinity Express yabereye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ahazwi nko ku Gaseke, mu Karere ka Gicumbi, itera ibikomere bikomeye ku bantu barenga icumi mubari mumodoka. Amakuru yemejwe n’ababonye ibyabaye avuga ko imodoka yari iturutse mu Mujyi wa Kigali yerekeza mu Ntara y’Amajyaruguru, igahura n’ikibazo cy’amapine cyangwa…

Soma inkuru yose

Rutahizamu mushya ahesheje ikipe ye insinzi imbere ya Amagaju FC

Kigali, 24 Ukwakira 2025 Rutahizamu mushya wa Rayon Sports, Yves Habimana, yigaragaje ku nshuro ya mbere nk’intwaro ikomeye mu busatirizi bw’iyi kipe, nyuma yo gutsinda igitego cyonyine cyahesheje ikipe ye intsinzi ya 1-0 imbere ya Amagaju FC mu mukino wabereye kuri Pere Stadium iherereye Kigali – Nyamirambo. Ni umukino wari witezwe cyane n’abakunzi ba Rayon…

Soma inkuru yose

Kimisagara: Abasoje amahugurwa bahawe impamyabumenyi y’ubuzima bufite icyerekezo

Kuri uyu wa gatanu Kigali, 24 Ukwakira 2025 , ku kigo cy’urubyiruko cya Kimisagara One Stop Center ahazwi nka Maison des Jeunes, hasojwe ku mugaragaro amahugurwa yamaze ukwezi azwi nka “Living Your Vision”, yateguwe na Africa for Excellence Mission ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Ubuhanzi (MoYA). ni umuhango wayobowe na Regina Nyirankesha, witabirwa n’urubyiruko rwinshi…

Soma inkuru yose

Abagura amatelefone yakoreshejwe ya second hand baratabaza nyuma yo guhura n’ubwambuzi n’uburiganya

Bamwe mu baturage bagura amatelefone bita “occasion” bakomeje gutabaza nyuma yo kugura ibyo bikoresho bigapfa mu gihe gito cyangwa bakaza kwitaba inzego z’umutekano bashinjwa ko baguze ibijurano. Ibi bibazo byongeye kugaragara mu gihe ubuyobozi bushishikariza abaturage kugurira ibikoresho by’ikoranabuhanga mu bacuruzi bemewe cyangwa mu makoperative yanditse . Abenshi muri abo baguzi bavuga ko bagorwa no…

Soma inkuru yose

Double Jay na Kirikou Akili b’i Burundi bagiye gususurutsa i Kigali mu gitaramo ‘Harmony Africa Pulse Concert’

Abahanzi b’ibyamamare bakomoka mu Burundi, Double Jay na Kirikou Akili, bagiye guhurira n’abaririmba b’imbere mu gihugu cy’u Rwanda mu gitaramo cyitezweho kwerekana uburyo umuziki w’Afurika y’Uburasirazuba ukomeje gutera imbere. Iki gitaramo cyiswe “Harmony Africa Pulse Concert” kizabera muri Kigali Universe ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2025, kikazaba ari kimwe mu bitaramo bikomeye biteganyijwe…

Soma inkuru yose

REMA yakusanyije toni ziyingayinga toni 6 z’ibinyabutabire bishaje mu mashuri yo mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko kugezahagati mukwezi kwa Nyakanga 2025 cyamaze kuvana mu mashuri y’u Rwanda ibinyabutabire bitagikoreshwa biyinga yinga toni 6 byari bibitswe muri laboratwari 109, bikaba byari mu byashyiraga mu kaga ubuzima bw’abanyeshuri n’abakozi b’ayo mashuri aho bamwe bendaga no kuhaburira ubuzima ariko imana igakinga ukuboko gusa bikaba byose byarakusanyijwe…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yaganiriye n’Ambasaderi w’u Bufaransa mumushinga ukomeye hagati y’ibihugu byombi

Muruyu mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 22 ukwakira2025, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahaye ikaze mu biro bye Madamu Aurélie Royet-Gounin, Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, kugirango baganire ibiganiro bigamije gukurura no gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa mu nzego zitandukanye . Ibiganiro byabo byavuze cyane cyane ku gushimangira amahirwe ari mu…

Soma inkuru yose