Elon Musk yabaye umuntu wa mbere ku Isi utunze Tiliyari y’Amadolari

Umuherwe Elon Musk yanditse amateka adasanzwe ku isi kuri uyu wa Gatanu 12 Kamena 2026, nyuma yo kuba umuntu wa mbere utunze umutungo urenga Tiliyari imwe y’amadolari y’Amerika($1.1 Tillion). Agahigo k’uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko gashimangiye amateka mashya y’ubukungu n’ikoranabuhanga mu mateka ya muntu. Iki giciro gishya cy’umutungo we cyazamutse cyane nyuma y’uko ikigo cye…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwemeje ingengo y’Imari ya Miliyari 7.796 z’Amafanga y’u Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta y’u Rwanda y’umwaka wa 2026/2027, izaba ingana na miliyari 7.796,3 Frw. Iri koranabuhanga mu by’ubukungu ryerekana izamuka rya 12% ugereranyije n’iy’umwaka ushize ,aho hiyongereyeho agera kuri miliyari 844,2 Frw Iyi ngengo y’imari nshya izibanda cyane ku bikorwa remezo n’imishinga igamije kuzamura ubukungu bw’abaturage. Mu ntego zihutirwa…

Soma inkuru yose

U Rwanda mu Bihugu 10 Biri Kwitwara neza ku Mugabane w’Afurika

U Rwanda rwongeye kugaragara mu bihugu 10 bya mbere bihagaze neza kandi bitera imbere ku mugabane w’Afurika muri 2026. Ibi bikeshwa imiyoborere myiza n’izamuka ry’ubukungu riri mu bya mbere ku isi , aho Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzamukaho 7.2% . Iri terambere rishingiye ku bukungu burimo guhindura no kohereza…

Soma inkuru yose

RDB yafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo Century Park

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB),rwafunze by’agateganyo Hoteli n’ibigo bine bitanga serivise z’ubukerarugendo n’amacumbi , birimo na Century Park Hotel and residences iherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali . Iki cyemezo gikomeye cyatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa kane ,tariki ya 4 Kamena 2026. Nyuma y’igenzura ryimbitse RDB yakoze hagamijwe kureba niba ibi bigo…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda

Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda ,za Leta zifite agaciro ka miliyari 10 Frw ,zizamara imyaka 10 .Iki gikorwa kiri mu rwego rwo gukomeza gushaka amikoro azifashishwa mu bikorwa by’iterambere no guteza imbere ishoramari. Kugura izi mpapuro mpeshamwenda ,bizatangira kuwa 15 Kamena 2026 bikazarangira ku wa 17…

Soma inkuru yose

Hashyizweho izamurwa rusange ry’Imishahara ku Bayobozi bose bo mu nzego za Leta

Umuyobozi w’ishami muri serivisi za Leta mu Rwanda yashoboraga kuyobora abakozi, gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’intego, guhuza ibikorwa byo gutanga raporo, gusubiza ibibazo by’abagenzuzi no kwikorera umutwaro wo gushyira mu bikorwa gahunda za Leta, ariko agahabwa gusa amafaranga y’inyongera angana na 5% by’umushahara we fatizo. Niyo mpamvu Ku mpapuro, kuzamurwa mu nshingano byasaga n’aho ari…

Soma inkuru yose

Ubuhinzi bukomeje kuzamura ubukungu bw’u Rwanda

Urwego rw’ibikomoka ku buhinzi byoherezwa mu mahanga biturutse mu Rwanda ,rukomeje kwerekana imbaraga mu kuzamura ubukungu bw’igihugu .Raporo y’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), yagaragaje ko mu minsi itanu gusa igihugu cyinjije miliyoni 13.95 z’amadorari y’Amerika . Bimwe mu bihingwa bijyanwa hanze y’igihugu ,dusangamo ikawa ari na yo…

Soma inkuru yose

Perezida Dr. Samia Suluhu Hassan yageze mu Rwanda

Dr. Samia Suluhu Hassan perezida wa Tanzania yagize uruzinduko rw’akazi mu Rwanda i kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Gicurasi, akaba yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku mikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri (NEISA) aho yakiriwe na Dr Ustah Kayitesi, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga. Dr Samia Suluhu Hassan mu masaha ya mu gitondo we…

Soma inkuru yose

ITERAMBERE RY’UBUKUNGU N’ISOKO RY’IMARI N’IMIGABANE

Raporo nshya y’ikigega mpuzamahanga cy’imari (international monetary fund), cyerekanye ko u Rwanda ruri mu bihugu 5 byambere muri Afurika bifite ubukungu buri gukura cyane muri uyu mwaka wa 2026. Aho biteganijwe ko ruzakura kugipimo cya 7.2% bitewe n’ishoramari mu bukerarugendo, n’ikoranabuhanga. Ubukungu bw’ u Rwanda bukomeje kwerekana imbaraga zidasanzwe muri uyu mwaka wa 2026, bushingiye…

Soma inkuru yose

RTN NA LUXEMBOURG AID BATANGIJE ICYICIRO CYA 13 CY’AMAHUGURWA YO KONGERERA UBUSHOBOROZI ABA-AGENT BA ITEME

Kigali, 26 Mutarama 2026 — Ikigo gitanga serisi zishingiye ku ikoranabuhanga, RTN (Rwanda Telecenter Network), ku bufatanye na Luxembourg Aid and Development, cyatanze amahugurwa y’iminsi itatu kuva kuwa 26 mutarama 2026 kugeza 28 Mutarama 2026, agamije kongerera ubumenyi n’ubushobozi aba-agent ba ITEME n’abandi bikorera bato. Aya mahugurwa, yiswe “RTN / ITEME Agent Empowering and On-Boarding…

Soma inkuru yose