🇷🇼 Leta Yijeje Gusuzuma Ubusabe bwa Nkunganire Bw’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze n’Abarimu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda igiye gusuzuma ubusabe bwatanzwe na bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abarimu, basaba gushyirirwaho nkunganire yihariye ibafasha guhangana n’izamuka rikomeje kugaragara ku biciro by’ibicuruzwa n’ibikomoka kuri peteroli. Ubuzima Buhenze Bwazamuye Ubwo BusabeMu bihe bishize, bamwe mu bakozi ba Leta, by’umwihariko abayobozi b’inzego z’ibanze n’abarimu, bagaragaje…

Soma inkuru yose

Lauryn Hill agiye guhabwa igihembo Living Legend Award

Umuhanzikazi w’icyamamare Laurny Hill ,umaze igihe kinini ari ku isonga mu muziki wa Hip-Hop na R&B, agiye guhabwa igihembo cyihariye cyiswe Living Legend Icon Award ,kigamije gushimira abahanzi bakomeje kugira uruhare rukomeye mu guteza imbere imyidagaduro . Iki gihembo cyashyizweho na Black Entertainment Television (BET) ,kikazatangwa kikazatangwa ku nshuro ya mbere mu birori biteganyijwe ku…

Soma inkuru yose

DJ Spinny yimuriye igitaramo cye i Gahanga

Umuhanga mu kuvanga imiziki ,Joseph Kalisa wamamaye nka DJ Spinny ,yatangaje ko igitaramo cye ngarukamwaka cya Spinny and Friends cyari giteganyijwe kuba tariki ya 8 Kanama 2026,cyimuriwe tariki 18 Nyakanga 2026 ndetse kikazabera ku kibuga cya cricket giherereye i Gahanga . Ibi byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Spinny events ,risobanura ko impinduka zakozwe…

Soma inkuru yose

🇷🇺 Putin Yanze Guhura na Zelensky, Asaba Amasezerano y’Igihe Kirekire Mbere y’Agahenge

Perezida w’Russia, Vladimir Putin, yatangaje ko atabona impamvu yo guhura imbonankubone na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, kugira ngo baganire ku buryo intambara imaze igihe kinini yarangira. Ibi Putin yabivuze nyuma y’uko Zelensky amwandikiye ibaruwa amusaba kugirana ibiganiro by’amahoro no gushyiraho agahenge k’imirwano hagati y’impande zombi. Zelensky Yasabye Agahenge n’IbiganiroMu butumwa bwe, Zelensky yasabye ko…

Soma inkuru yose

Ibitaramo bya Bruce Melodie na The Ben bigiye gutanga akazi

Abahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda, Bruce Melodie na The Ben ,bari mu myiteguro y’ibitaramo bizenguruka igihugu byitezweho kuzana impinduka zikomeye mu rwego rw’imyidagaduro no gutanga amahirwe y’akazi ku rubyiruko rwinshi . Ibi bitaramo biri mu bikorwa bikomeje kugaragaza ubufatanye bw’aba bahanzi bombi bamaze igihe mu Rwanda no hanze yarwo . Amakuru yatangajwe agaragaza ko ibi…

Soma inkuru yose

Trump yongeye gukurura impaka muri Amerika: Uwo yahaye kuyobora ubutasi ntiyari ategerejwe n’abatari bake.

Mu gihe isi ikomeje gukurikirana ibibera muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Donald Trump yongeye kuba ku isonga ry’amakuru nyuma yo gushyira Bill Pulte ku mwanya w’agateganyo wo kuyobora urwego rushinzwe guhuza ibikorwa by’ubutasi bwa Amerika. Ni icyemezo cyahise gikurura impaka zikomeye muri Washington ndetse gitangira kuvugwa cyane mu bitangazamakuru byo muri…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

Polisi ya Zanzibar yasoje iperereza ku rupfu rwa Ashlee Jenae

Ashlee Jenae , umunyamerika wari uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Ashly Robinson, yapfiriye mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania mu kwezi kwa Mata 2026 . uru rupfu rwakuruye impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse rutera benshi kwibaza ku cyaba cyabaye intandaro y’urupfu rwe, cyane cyane ko rwabayenyuma y’iminsi mike yari amaze kwambikwa…

Soma inkuru yose

🇺🇬 Dr Lawrence Muganga Yerekanye Aho Ababyeyi Be Bashyinguye Mu Kugaragaza Ko Ari Umunya-Uganda

Lawrence Muganga, wari wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Uganda ariko ntaze kwemezwa n’Inteko Ishinga Amategeko, yakomeje kwiregura ku byashidikanywemo ku bwenegihugu bwe.Mu rwego rwo gushimangira ko ari umwenegihugu wa Uganda, Muganga yajyanye abanyamakuru mu gace avukamo abereka aho ababyeyi be na mushiki we bashyinguye, avuga ko ibyo ari kimwe mu bimenyetso…

Soma inkuru yose

Qing Madi yashinjije uwahoze amucungira inyungu kumwiba

Umuhanzikazi w’umunya Nijeriya (Nigeria) Qing Madi, yashyize hanze ibirego bikomeye ashinja uwahoze ari umujyanama ndetse n’uwamucungiraga inyungu kumwiba ibikorwa ibikorwa bye by’ubuhanzi no gukoresha izina rye mu nyungu ze bwite . Aya makuru yatangajwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko amaze igihe acecetse ariko ageze aho gufata umwanzuro wo kubwira ukuri abakunzi be ….

Soma inkuru yose