🇷🇼 Leta Yijeje Gusuzuma Ubusabe bwa Nkunganire Bw’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze n’Abarimu
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda igiye gusuzuma ubusabe bwatanzwe na bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abarimu, basaba gushyirirwaho nkunganire yihariye ibafasha guhangana n’izamuka rikomeje kugaragara ku biciro by’ibicuruzwa n’ibikomoka kuri peteroli. Ubuzima Buhenze Bwazamuye Ubwo BusabeMu bihe bishize, bamwe mu bakozi ba Leta, by’umwihariko abayobozi b’inzego z’ibanze n’abarimu, bagaragaje…

