Madonna Yagarukanye Imbaraga Mu Mushinga Mushya Wa “Confessions II”

Icyamamare mu muziki ku isi, Madonna, cyongeye kuvugisha benshi nyuma yo gushyira hanze filime ngufi yise “Confessions II” ijyanye na album nshya ateganya gusohora muri Nyakanga 2026. Iyi filime yagaragayemo ibyamamare byinshi birimo Julia Garner na Sabrina Carpenter. Abasesenguzi bavuga ko uyu mushinga ari kimwe mu bikorwa bikomeye Madonna yakoze mu myaka ya vuba, kuko…

Soma inkuru yose

UB40 Itegerejwe Mu Gitaramo Cyayo Cya Mbere Mu Rwanda

Itsinda ry’ibyamamare mu njyana ya Reggae rya UB40 ririmo Ali Campbell ritegerejwe i Kigali mu gitaramo cya mbere rizakorera mu Rwanda. Iki gitaramo kiri mu bikorwa byo kumenyekanisha album yabo nshya yitwa “The Big Love”. Abakunzi ba Reggae mu Rwanda bamaze igihe bitegura kwakira iri tsinda rimaze imyaka myinshi rikunzwe ku rwego mpuzamahanga. Indirimbo nka…

Soma inkuru yose

Joshua Baraka Mu Kababaro Ko Kubura Se

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Joshua Baraka, umwe mu bahanzi bagezweho muri Uganda no muri Afurika y’Iburasirazuba, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, Lawrence Okello Habalu, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 7 Kamena 2026. Umuhango wo Kumusezeraho Witabiriwe n’Abatari BakeKu wa 8 Kamena 2026, inshuti, abo mu muryango ndetse n’abakunzi b’umuziki wa Joshua…

Soma inkuru yose

⚽ SKOL na Rayon Sports: Amasezerano Yarangiye, Ariko Ubufatanye Buracyakomeje

Uruganda rwenga ibinyobwa rwa SKOL Brewery Ltd rwatangaje ko amasezerano yaruhaga umwanya w’umuterankunga mukuru wa Rayon Sports yarangiye nyuma y’imyaka 12 y’ubufatanye, ariko ko impande zombi zikomeje ibiganiro bigamije gukomeza gukorana mu buryo bushya. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 08 Kamena 2026, SKOL yavuze ko nubwo amasezerano ya “Principal Sponsorship” yageze ku musozo, nta…

Soma inkuru yose

Miss Kundwa Doriane yasoje kaminuza muri Canada

Miss Kundwa Doriane wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2015 ,ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye ya kaminuza muri Canada . Yaherewe impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye n’ubuzima (Bachelor of Health Sciences) muri Ontario Tech University . Uyu Miss Kundwa Doriane yagaragaje amarangamutima y’akanyamuneza n’ishema binyuze ku mafoto n’ubutumwa bwasangijwe…

Soma inkuru yose

Umwami w’Amapiano Kabza De Small ugiye gutaramira i Kigali

Kabza De Small afatwa nk’umwami w’Amapiano kubera uruhare rukomeye yagize mu gukwirakwiza iyi njyana muri Afurika no ku Isi yose . Uyu mugabo utegerejwe i Kigali mu minsi iri imbere , afite amateka akomeye y’urugendo rw’umuziki n’uburyo yakuze amenyera kugeza abaye icyamamare ku rwego mpuzamahanga . Amazina ye nyakuri ni Kabelo Petrus Motha ,akaba yaravutse…

Soma inkuru yose

Umutwaro wa Muzika Sheebah yatekereje kwiyahura

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda ,Sheebah Karungi , yatunguye abantu monetari n’abafana be ubwo yahishuraga ko hari igihe umuziki wamubereye umutwaro uremereye cyane . Ibi byatumye atekereza no kwiyahura kugira ngo akire igitutu cy’uruganda rwa muzika n’izina rye rya buri munsi . Uwo mutwaro ukomeye waturutse ku muvuduko w’icyamamare , aho yasabwaga guhora anezeza abantu bose…

Soma inkuru yose

i Musanze Abanyamahanga Umunani Batawe muri Yombi Bakerwaho Urugomo

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu umunani b’abanyamahanga bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa by’urugomo byabereye mu Karere ka Musanze bamaze gutabwa muri yombi, kandi ko bari gukurikiranwa n’inzego zibishinzwe kugira ngo baryozwe ibyo bakoze mugihe bibahampa Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Boniface Rutikanga, nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abantu bangiza moto…

Soma inkuru yose

Papa Leo XIV mu ruzinduko rw’amateka muri Espagne: ubutumwa bwe ku mahoro, abimukira n’icyizere ku isi iri mu bwigunge

Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rwe rw’imbonekarimwe muri Espagne hagati ya tariki ya 6 na 12 Kamena 2026, mu rugendo ruri kuvugisha benshi kubera ubutumwa yitwaje n’ahantu azasura. Uru ruzinduko rwatangiriye i Madrid, rukomereza i Barcelona, hanyuma rukagera no mu birwa bya Canary Islands, aho biteganyijwe ko azahura n’abimukira n’imiryango ibafasha. Ku rwego rw’inyandiko zemewe…

Soma inkuru yose

King James azagira umwanya wihariye wo guha icyubahiro Jay Polly na Junior Multisystem mu gitaramo cye.

Mu gihe abakunzi b’umuziki nyarwanda bakomeje kwitegura igitaramo gikomeye cya King James cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki, uyu muhanzi yatangaje ikintu cyakoze ku mitima ya benshi. Yemeje ko muri iki gitaramo hazabamo umwanya wihariye wo kuzirikana no guha icyubahiro abahanzi n’abatunganya umuziki batakiri mu buzima, by’umwihariko Jay Polly na Junior Multisystem. Aya makuru…

Soma inkuru yose