AI Ishobora Gutwara Imirimo Miliyoni 300

Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka AI rikomeje gutera imbere ku muvuduko udasanzwe ku Isi. Mu gihe bamwe baryishimira kubera umusaruro ritanga, hari n’abagaragaza impungenge ku ngaruka rishobora kugira ku bakozi. Umuyobozi Mukuru wa IMF, Kristalina Georgieva, yavuze ko AI ishobora kuba imwe mu mpinduka zikomeye zigiye guhindura ubukungu bw’Isi. Yagaragaje ko ibihugu bikwiye kwitegura hakiri…

Soma inkuru yose

Ubumuntu Arts Festival igiye kongera guhuriza hamwe abahanzi bo hirya no hino ku Isi Iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival rikomeje kuvugwa cyane nyuma y’itangazwa ry’amatariki y’aryo ndetse n’insanganyamatsiko y’uyu mwaka. Ni igikorwa kimaze kuba kimwe mu bikomeye by’umuco n’ubuhanzi bibera mu Rwanda. Buri mwaka rihuza abahanzi, abanditsi, abakina amakinamico n’abandi bafite impano zitandukanye. Uyu mwaka…

Soma inkuru yose

Bruce Melodie na The Ben bagiye guhurira mu bitaramo bizenguruka igihugu.

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben bakomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ibitaramo bizenguruka igihugu byiswe Summer Country Tour 2026. Ni igikorwa cyitezweho guhuza abafana babo bo mu turere dutandukanye tw’u Rwanda. Ibi bitaramo bizatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu zindi ntara. Abakunzi b’umuziki bavuga ko ari ubwa mbere aba bahanzi bombi…

Soma inkuru yose

🇮🇷 Iran Ishinja Amerika Uruhare Rutaziguye mu Kurenga ku Masezerano y’Agahenge

Guverinoma ya Iran yatangaje ko United States ifite uruhare rutaziguye mu bikorwa ivuga ko binyuranyije n’amasezerano y’agahenge mu Burasirazuba bwo Hagati, ishimangira ko ibikorwa bya Israel bidashobora gutandukanywa na politiki ya Washington. Ibi byatangajwe n’umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Iran, Esmaeil Baghaei, mu kiganiro n’abanyamakuru cyatambutse imbonankubone. Iran Ivuga ko Amerika Ishyigikira Israel Baghaei…

Soma inkuru yose

Peter Phillip yasezeranye n’umukunzi we Ubukwe bwitabiriwe n ‘abo mu muryango w’i Bwami

Peter Phillips,umwuzukuru wa nyakwigendera Queen Elizabeth II akaba n’umuhungu wa Princess Anne, yakoze ubukwe n’umukunzi we Herriet Sperling mu muhango wihariye wabereye mu Bwongereza, witabirwa n’abagize umuryango w’ibwami ndetse n’inshuti zabo za hafi .Inkuru y’ubu bukwe yakiriwe neza n’abakurikiranira hafi ibikorwa by’umuryango w’i Bwami . Uyu muhango wabaye nyuma y’igihe Peter Phillips na Herriet Sperling…

Soma inkuru yose

Kuki Abakinnyi b’Umupira w’Amaguru Buri gihe Binjirana n’Abana Mbere y’Umukino? Imvo n’imvano

Iyo urebye umupira w’amaguru, cyane cyane amarushanwa akomeye nka FIFA World Cup cyangwa andi akinirwa iburayi, ubona abakinnyi binjira mu kibuga bafashe abana bato mu ntoki. Ni ibintu bimaze kuba umuco ku buryo abantu benshi babifata nk’ibisanzwe, ariko bake ni bo bazi impamvu nyakuri yabyo n’amateka yabitangiye. Nubwo abantu benshi batekereza ko byahozeho kuva umupira…

Soma inkuru yose

SEE Muzik yasohoye indirimbo nshya agira inama urubyiruko

Mu gihe abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel) bakomeje kwitegura Nuru Wave Festival iteganyijwe kubera i Kigali muri Kanama uyu mwaka ,umuhanzi SEE Muzik yashyize hanze indirimbo nshya yise “Simbishaka “,ikubiyemo ubutumwa bwimbitse bwo kwiyegurira Imana no kwemera kuyoborwa n’ubushake bwayo. Iyi ndirimbo ije mu gihe urubyiruko rwinshi rukomeje gushakisha icyemezo cy’ubuzima mu…

Soma inkuru yose

🇷🇼 Leta Yijeje Gusuzuma Ubusabe bwa Nkunganire Bw’Abayobozi b’Inzego z’Ibanze n’Abarimu

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda igiye gusuzuma ubusabe bwatanzwe na bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze ndetse n’abarimu, basaba gushyirirwaho nkunganire yihariye ibafasha guhangana n’izamuka rikomeje kugaragara ku biciro by’ibicuruzwa n’ibikomoka kuri peteroli. Ubuzima Buhenze Bwazamuye Ubwo BusabeMu bihe bishize, bamwe mu bakozi ba Leta, by’umwihariko abayobozi b’inzego z’ibanze n’abarimu, bagaragaje…

Soma inkuru yose