Muhirwa Eric

Coach Gael yavuze ku makuru yo gutandukana na Bruce Melodie.

Mu gihe hari hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko umubano wa Coach Gael na Bruce Melodie wajemo agatotsi, uyu mushoramari yongeye gushyira umucyo kuri ayo makuru ashimangira ko nta kibazo na kimwe kiri hagati yabo. Ibi byari byatangiye kuvugwa nyuma y’uko aba bombi batakigaragara kenshi bari kumwe mu ruhame nk’uko byahoze, ibintu…

Soma inkuru yose

Danny Mutabazi akomeje gushimangira ubutumwa bwe binyuze mu ndirimbo zigize album “Waranzuye”

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Danny Mutabazi, akomeje kunezeza abakunzi b’umuziki wa Gospel nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Kwa Heli Yeriko”, imwe mu ndirimbo zigize album ye yitwa “Waranzuye”. Iyi ndirimbo ije ikurikira izindi amaze iminsi ashyira hanze, mu rwego rwo gukomeza gusakaza ubutumwa bwo kwizera no gushimira Imana…

Soma inkuru yose

M. Iréné na Nikuze Liliane batangiye gutumira abazitabira ubukwe bwabo

Ibyishimo bikomeje kuba byinshi ku munyamakuru M. Iréné n’umukunzi we Nikuze Liliane nyuma y’uko batangiye gutanga ubutumire ku nshuti, abo mu miryango yabo ndetse n’abandi bazifatanya na bo mu bukwe bwabo buteganyijwe mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka. Aba bombi bamaze igihe bakundana, ndetse mu minsi ishize M. Iréné yari yamaze kwambika impeta Liliane mu…

Soma inkuru yose

Niyigena Clément yumvikanye na Ceramica Cleopatra FC.

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Niyigena Clément, ageze ku ntambwe ya nyuma yo gutangira urugendo rushya muri ruhago yo hanze y’Igihugu nyuma y’amakuru avuga ko yamaze kumvikana n’ikipe ya Ceramica Cleopatra FC ikina mu Cyiciro cya Mbere muri Misiri. Aya makuru yatangajwe n’umunyamakuru wa RBA, Nkurunziza Emmanuel uzwi nka Ruvuyanga, umwe mu bakurikiranira hafi ibikorwa…

Soma inkuru yose

Thierry Henry yandikiwe amateka muri New York: Umuhanda wamwitiriwe kubera ibigwi bye muri ruhago.

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru Thierry Henry yongeye guhabwa icyubahiro gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umwe mu mihanda yo mu Mujyi wa New York wamwitiriwe ku mugaragaro. Iki gikorwa cyabaye ku wa 10 Kamena 2026, kigamije guha agaciro uruhare rukomeye uyu Munyafaransa yagize mu iterambere rya ruhago muri uyu mujyi ndetse no muri…

Soma inkuru yose

Niyigena Clément yasigaye mu Misiri.

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Niyigena Clément, yongeye kuvugisha abakunzi b’umupira w’amaguru nyuma y’amakuru y’uko atasubiranye n’Amavubi mu Rwanda avuye mu Misiri. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Éphrem Kayiranga wari kumwe n’iyi kipe, Niyigena yasigaye mu mujyi wa Cairo hamwe na Biramahire Abeddy, mu gihe bagenzi babo bari bamaze gufata indege ibagarura mu Rwanda. Aya makuru yahise…

Soma inkuru yose

RDC yatsinzwe na Chile mu mukino wa gicuti.

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) ntiyahiriwe n’umukino wa gicuti wayihuje na Chile, nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bufaransa mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’amakipe yombi mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni umukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba ruhago bo muri RDC, cyane ko iyi kipe ikomeje kubaka…

Soma inkuru yose

Gen Christian Tshiwewe yagejejwe imbere y’urukiko ashinjwa ubugambanyi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwakuruye amarangamutima ya benshi rwatangiye kuburanishwa nyuma y’uko uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, Gen Christian Tshiwewe Songesha, agejejwe imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa. Uyu musirikare wari umwe mu bayobozi bakomeye mu nzego z’umutekano ashinjwa ibyaha bikomeye birimo ubugambanyi, umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma no mu bahagarariye u Rwanda mu mahanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakoze impinduka nshya mu buyobozi bw’Igihugu zirimo abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta ndetse n’abahagarariye u Rwanda mu bihugu bitandukanye. Izi mpinduka zatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Kamena 2026, hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Iri tangazo…

Soma inkuru yose