Muhirwa Eric

Filime ‘Fight Like a Girl’ iri kuvugisha benshi muri Afurika.

Filime nshya yiswe “Fight Like a Girl” ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru mpuzamahanga kubera ubutumwa bukomeye itanga. Iyi filime ishingiye ku nkuru y’umukobwa w’umukinnyi w’iteramakofe wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wakoresheje siporo nk’intwaro yo kurenga ibikomere by’intambara n’ihohoterwa. Abantu benshi bakomeje kuyishima bavuga ko igaragaza imbaraga z’umugore nyafurika ndetse…

Soma inkuru yose

Kigali Universe yashyize abakunzi ba Amapiano mu bicu: Ese u Rwanda ruri kuba igicumbi gishya cy’imyidagaduro muri Afurika?

Mu minsi ishize, ibitaramo n’ibirori bya muzika bikomeje gufata indi ntera mu mujyi wa Kigali, cyane cyane nyuma y’igitaramo cya Amapiano cyabereye muri Kigali Universe cyitabiriwe n’abiganjemo urubyiruko. Abakunzi b’iyi njyana bavuga ko uburyo ibitaramo biri gutegurwa mu Rwanda bugenda burushaho kwegera urwego mpuzamahanga. Hari abemeza ko u Rwanda rushobora kuzaba kimwe mu bihugu bikomeye…

Soma inkuru yose

Umuhanzi Uworizangwira Florien uzwi ku izina rya Yampano yitabye urwego rw’igihugu rw’ubungenzacyaha RIB ashinzwa kwangiza uburenganzira bw’umugore we.

Umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi ku izina rya Yampano Waboi mbere yuko yitaba Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, yasize asobanuye byinshi kumubano utarumeze neza hagati ye n’umukunzi we.Nubwo yampano yavuze ibye ariko Vava usanzwe ukundana na Yampano yashyize hanze inzira y’umusaraba amaze iminsi anyuramo nyuma y’uko Yampano amugonze, akamukubita, akamuruma izuru ndetse akamutera ubwoba ko azamuhitana naramuka…

Soma inkuru yose

Sheeber Karungi ati:”Nge nakwemera guharikwa n’umugabo”

Umuhanzikazi wo muri Uganda, Sheeber Karungi yatangaje ko yakwemera kuba umugore wa 10 cyangwa 4 w’umugabo , ndetse ko ntacyo byaba bimubwiye mu gihe hari ubwumvikane hagati ye n’abo bagore kandi akaba akunda akanakundwa n’uwo mugabo. Ati:”igihe cyose wabitsobanuriye ndetse nkahura n’abakeba bange kandi bashobotse, ntacyo byaba bintwaye . ntabwo ndigukina. nshobora kuba uwa kane,…

Soma inkuru yose

Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose