Umurwayi wa mbere wa Ebola yagaragaye i bukavu

Ubuvugizi b`umutwe wa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyepfo, bwemeje ko hari umuntu wagaragaweho icyorezo cya Ebola, mu mujyi wa Bukavu, uhana imbibi n’u Rwanda, ndetse byarangiye inamuhitanye. Lawrence Kanyuka akaba n`muvugizi wa AFC/M23, yanditse kuri X yahoze yitwa twitter ko “hari uwasanzwemo Ebola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mujyi wa Bukavu.” Nanone kandi…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda umubare wababyaza ukomeje kuba muke ugereranyije n`ababyeyi bitaho

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Habonetse ababyaza barenga 2,400 ariko uyu mubare uracyari muke ugereranyije n’abo bagomba guha serivisi, Ibi byatangajwe n`Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) U Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza umunsi wahariwe ababyaza tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka André Gitembagara [Perezida w’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU)] yatangaje ko nyuma…

Soma inkuru yose

Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

Abandikishwa ko bapfuye mu Rwanda biyongeyeho 4%

Ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare NISR (National institute of Statistics of Rwanda), cyerekana ko ko mu mwaka ushize wa 2025 Ababarujwe mu ko bapfuye bose hamwe mu irangamimerere ari 39,000 bangana na 50,4% mu gihe umwaka wari wawubanjirije wa 2024 hari habaruwe abangana na 46,2%. Ibi byose byatangajwe n`ikigo cy’Igihigu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR (National institute of…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda yitabiriye Inama ya Mbere y’Abaminisitiri ku Burezi Bwo mu Muryango wa EAC

Kuva ku wa 9 kugeza ku wa 11 Nzeri 2025, Minisitiri w’Uburezi w’u Rwanda, Dr. Nsengimana, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Amashuri Makuru (HEC), bitabiriye Inama ya Mbere y’Abaminisitiri ku bijyanye n’Uburezi Bwo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Iyo nama ifite insanganyamatsiko igira iti: “Kunoza Ubumwe bw’Akarere binyuze mu Buhujwe mu Burezi Bwo…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Ubuzima yasuye uruganda rwa LABOPHAR rwavuguruwe mu Ntara y’Amajyepfo

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yagiriye uruzinduko mu Ntara y’Amajyepfo aho yasuye uruganda rwa LABOPHAR rwongeye kuvugururwa, rugiye gutangira gukora imiti yifashishwa mu buvuzi by’umwihariko indyo ngengabuzima zifasha abarwayi bakenera imiti itangwa mu buryo bwa “IV fluids”. Uru ruganda ni kimwe mu bikorwa bikomeye bigamije guteza imbere urwego rw’ubuzima mu Rwanda, hagamijwe kongera ubushobozi bwo…

Soma inkuru yose