Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

Iran izongera ubukana bwa uranium kugera ku rwego rwa 90% niyongera kugabwaho ibitero

Umuvugizi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Iran, Ebrahim Rezaei, yavuze ku wa Kabiri ko igihugu cye gishobora kongera ubutare bwa uranium bukagera ku rwego rwa 90% rw’ubuziranenge, urwego rufatwa nk’urwifashishwa mu gukora intwaro za kirimbuzi, mu gihe Iran yaba yongeye kugabwaho igitero. Rezaei, uvugira Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe umutekano n’ububanyi n’amahanga, yanditse ku rubuga X…

Soma inkuru yose

Nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka mu Burundi – Perezida Ndayishimiye

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta munyamahanga wemerewe kugura ubutaka muri icyo gihugu, ashimangira ko ubutaka ari umutungo rusange w’Abarundi udakwiye kugurishwa ku banyamahanga. Ibi yabivuze mu butumwa yagejeje ku Babarundi abibutsa ko ubutaka bwo mu Burundi ari umutungo w’igihugu ugomba kurindwa no kubungabungwa n’abaturage bacyo. Yavuze ko nta Murundi ufite ubutaka…

Soma inkuru yose

AFC/M23 Announces Refugee Returns, Ceasefire Readiness in New Communiqué

The Alliance Fleuve Congo/Movement of March 23 (AFC/M23) has released an official communiqué outlining a series of humanitarian and security-related decisions it says are aimed at easing tensions and improving civilian protection in eastern Democratic Republic of Congo. In the statement dated December 15, 2025, and issued from Uvira, the group announced that it has…

Soma inkuru yose

President Kagame Holds High-Level Talks on Strategic Investments with Global Business Leaders

This afternoon at Urugwiro Village, President Paul Kagame held a high-level meeting with prominent international investors to explore strategic investment and development opportunities in Rwanda, reinforcing the country’s position as a leading destination for global capital and innovation. The meeting brought together Mohamed Ali Janah, Group Chairman of Hotels and Resorts Investment Maldives and Chairman…

Soma inkuru yose

Rwanda na Mozambique Bunze Imbaraga mu Bufatanye Bw’Abagize Inteko Ishinga Amategeko

Speaker Kazarwa Gertrude hamwe na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Mozambique, H.E. Margarida Adamugi Talapa, bagiranye ibiganiro byimbitse kuri uyu wa mbere mu Ngoro y’Inteko ya Mozambique, bigamije gushimangira umubano w’ibihugu byombi no kwagura inzira z’ubufatanye mu nzego zitandukanye. Mu kiganiro cye, Speaker Kazarwa yashimangiye ko uru ruzinduko rugamije kurushaho kubaka ubushuti bw’ibihugu byombi, binyuze…

Soma inkuru yose

Kagame Yubaka Guverinoma Nshya: Impinduka Zigaragaza Icyerekezo Gishya cy’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakoze impinduka zikomeye kandi zidasanzwe muri Guverinoma , mu cyerekezo gisa n’icyo kongera imbaraga mu nzego z’ingenzi z’ubuhinzi, ubworozi, dipolomasi ndetse n’umutekano. Nubwo irisimburana by’abayobozi riri mu muco wa buri gihugu cyifuza imikorere myiza, uburyo izi mpinduka zakozwe n’abazigiyemo byahaye benshi icyizere ko u Rwanda ruri kwinjira mu cyiciro gishya cy’imiyoborere ishingiye…

Soma inkuru yose

President Kagame Clarifies Rwanda–Arsenal Partnership Exit, Dismisses External Pressure Claims

President Paul Kagame has dismissed suggestions that Rwanda’s decision to end its high-profile partnership with English Premier League club Arsenal is linked to pressure from European states or the Democratic Republic of Congo (DRC). Speaking during a national address, Kagame emphasized that the conclusion of the “Visit Rwanda” branding deal stemmed solely from Rwanda’s internal…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame Ati: “Aribishoboka , Insengero Zose Nazifunga!

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yongeye kugaruka ku kibazo cy’imikorere y’amwe mu nsengero n’uruhare zigira mu mibereho y’Abanyarwanda, agaragaza ko hari aho zigaragara zidahuza n’intego yo guteza imbere umuryango nyarwanda. Mu butumwa bwe, Umukuru w’Igihugu yavuze ko hari imyumvire ikwiye guhinduka, abantu bagakuramo ibitekerezo bisigaye byaracengejwe na kolonialisme, bikadindiza iterambere ryabo n’iry’igihugu….

Soma inkuru yose