Abarundi basaga115 Bavuye mu Rwanda Barambika Inkoni y’Urugendo muri Nemba

Ku wa kabiri mu gitondo, abasaga 115 b’impunzi z’abarundi bahagurutse mu Rwanda basubira mu gihugu cyabo, mu gikorwa cyo kwakira no gusubiza impunzi mu buryo bw’ubwumvikane hagati y’u Rwanda n’u Burundi. Muri aba basubiye iwabo, 107 bari batuye mu Nkambi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe, naho abandi 8 bari basanzwe batuye mu Mujyi…

Soma inkuru yose

KUBYIBUHA NABYO BYABAYE IKIBAZO :BENSHI BASUBIJWE INYUMA KUBERA UMUBYIBUHO UKABIJE

Mu gihe isi ikomeje kugenda ishyira imbaraga mu gucunga urujya n’uruza rw’abinjira n’abasohoka, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho amabwiriza mashya ashimangira isuzuma ry’ubuzima ku basaba Visa, bikaba byahinduye isura ndetse hahindutse byinshi ku baturage b’amahanga bari basanzwe basaba kwinjira muri icyo gihugu. Kimwe mu bintu bikomeje kuvugisha benshi ni umubyibuho ukabije – kimwe mu…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame na Mamadi Doumbouya bashimye uburyo u Rwanda rugaragaza icyerekezo gishya cy’Afurika y’ikoranabuhanga muri Transform Africa Summit 2025

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Perezida Paul Kagame hamwe na mugenzi we wa Guinea, Colonel Mamadi Doumbouya, basuye ahari kumurikirwa udushya n’ibikorwa by’ikoranabuhanga u Rwanda rwahanze, mu nama mpuzamahanga Transform Africa Summit 2025, ibera i Kigali. Iyi nama yitabiriwe n’abayobozi b’ibihugu, abashoramari n’inzobere mu ikoranabuhanga baturutse hirya no hino ku isi, igamije kugaragaza…

Soma inkuru yose

Gen Mubarakh Muganga yibukije amashuri ya gisirikare ya Afurika akamaro k’udushya n’ikoranabuhanga mu kurinda umutekano

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, yasabye amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika gushyira imbaraga mu bufatanye, guhanga udushya no kwinjiza ikoranabuhanga mu myigire n’imyitozo, nk’inzira yo kubaka ubushobozi bwo guhangana n’ibibazo by’umutekano byugarije Afurika muri iki gihe isi ihanganye no kwinjira u ikoranabuhanga. Ibi yabivuze kuri uyu wa…

Soma inkuru yose

Kirehe: Itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza ryasuye Ikigo cy’igihe gito bareba imikorere yacyo.

Ku wa Kabiri, mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukandahiro Janvière, yakiriye itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza, bayobowe na Harelimana Jean Damascène, na we akaba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza. Uru rugendoshuri rwateguwe hagamijwe gusangiza ubumenyi ku mikorere y’Ikigo kinyurwamo abantu by’igihe gito (Preliminary…

Soma inkuru yose

Impamvu Coup d’État Idashoboka Muri Tanzania :Samia Suluhu Yatsinze Amatora Ku Majwi 97.66%

Mu minsi ishize, ibitekerezo n’isesengura rinyuranye byakomeje kugaragara mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga bivuga ku miterere ya politiki yo muri Tanzania, cyane cyane mu gihe hari impinduka zigaragara mu bihugu bitandukanye bya Afurika ziturutse ku myigaragambyo ya Generation-Z. Bamwe mu basesenguzi bo mu Rwanda n’ahandi bagaragaje impungenge z’uko Perezida Samia Suluhu Hassan ashobora guhura…

Soma inkuru yose

IMPAMVU YAGIYE AHAGARAGARA y’ISUBIKWA RY’IGITARAGANYA URUZINDUKO RWA EVALISTE

Mu gitangiriro cy’iki cyumweru, muri politiki yo mu karere hagaragaye umwuka utari witezwe nyuma y’uko uruzinduko rwa Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, rugombaga kumujyana mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, rusubitswe mu buryo bw’igitangaza. Ibi byahise binyuzwa mu itangazamakuru ryo mu Burundi, bisiga ibibazo byinshi mu baturage ndetse no mu mpuguke mu by’umutekano. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

IMYIGARAGAMBYO MURI TANZANIA YATANGIYE KWANGIZA UBWIKOREZI BWO MU KARERE

Imyigaragambyo ikomeye iri kubera muri Tanzania kubera kutanyurwa n’amatora aherutse, yatangiye kugira ingaruka ku bihugu bihahirana n’iki gihugu, ubwo twavuga ibihugu bituranyi cyane cyane u Rwanda. Abaturage n’amatsinda atishimiye ibyavuye mu matora bakomeje kwigaragambya mu bice bitandukanye by’igihugu, ibi bigaragara ko byatangiye kugera ku nzego z’ubucuruzi n’ubwikorezi, birimo gutwika imodoka no gusahura ibicuruzwa. Amakuru aturuka…

Soma inkuru yose

Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu Bufatanye Bushya mu Ikoranabuhanga ry’Ingufu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva, yakomeje urugendo rwe rw’akazi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yakiriwe i Washington DC na Chris Wright, Umunyamabanga w’Ingufu wa Amerika. Ibiganiro byabo byibanze ku kwagura no gushimangira umubano w’ibihugu byombi mu rwego rw’iterambere ry’ingufu zishingiye ku ikoranabuhanga. Impande zombi zaganiriye ku mushinga wo guteza imbere ingufu za…

Soma inkuru yose

Imibare y’Urubyiruko mu Mihanda ya Tanzania ikomeje kwiyongera, Hasabwa Impinduka mu Miyoborere

Mu mijyi itandukanye ya Tanzania haravugwa imyigaragambyo y’urubyiruko rwinshi rwasohotse mu mihanda rugaragaza kutanyurwa n’uburyo igihugu kiyobowe, cyane cyane muri iki gihe cy’amatora ya perezida ateye impagarara. Abigaragambya barashinja ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu Hassan gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi no kugoreka inzira ya demokarasi basanganwe. Abigaragambya bavuga ko amatora yabaye kuri uyu munsi asa n’ikinamico,…

Soma inkuru yose