Amabendera y’ibihugu 48 bizakina Igikombe cy’Isi cya 2026 yamuritswe mu muhango w’amateka.

Mu rwego rwo gukomeza kubaka akanyabugabo n’ishyaka mbere y’itangira ry’Igikombe cy’Isi cya 2026, habaye umuhango udasanzwe wo kumurika amabendera y’ibihugu 48 byose byabonye itike y’iri rushanwa rizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique. Uyu muhango wakuruye imbaga y’abakunzi ba ruhago, aho amabendera y’ibihugu byose yagaragajwe nk’ikimenyetso cy’ubumwe n’ubudasa bw’amahanga azahurira muri iri…

Soma inkuru yose

Abanyarwanda batanu banditse amateka muri Amerika

Abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda bari gukurikira amasomo y’ubupilote muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakoze amateka akomeye nyuma yo gutwara indege bwa mbere mu rugendo ruganisha ku kuba abapilote b’umwuga. Hindura Cedric, Shyaka Francis, Hagenimana Henry Kenny, Isingizwe Milka na Mugabo Patricie ni bo banyeshuri bageze kuri iyi ntambwe ishimishije nyuma yo gutoranywa mu bakandida basaga…

Soma inkuru yose

AI Ishobora Gutwara Imirimo Miliyoni 300

Ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rizwi nka AI rikomeje gutera imbere ku muvuduko udasanzwe ku Isi. Mu gihe bamwe baryishimira kubera umusaruro ritanga, hari n’abagaragaza impungenge ku ngaruka rishobora kugira ku bakozi. Umuyobozi Mukuru wa IMF, Kristalina Georgieva, yavuze ko AI ishobora kuba imwe mu mpinduka zikomeye zigiye guhindura ubukungu bw’Isi. Yagaragaje ko ibihugu bikwiye kwitegura hakiri…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

Serena Williams w’imyaka 44 yagarutse mu Marushanwa ya Tennis

Umunyamerika Serena Williams akaba n’icyamamare ku rwego rw’isi mu mukino wa Tennis, yatunguye abantu benshi ubwo yemezaga ku mugaragaro ko yagarutse mu marushanwa akomeye akaba afite imyaka 44 y’amavuko. Ibi bibaye nyuma y’imyaka y’imyaka hafi ine yari ishize asezeye by’agateganyo mu kibuga ,aho umukino we wa nyuma yawukinnye mu irushanwa rya US Open muri 2022,aho…

Soma inkuru yose

Ubushinwa Buri Gupima ko Umuntu yabyarira Mu Isanzure

U Bushinwa bwatangaje ubushakashatsi bushya bwo kureba niba abantu bashobora kubyarira mu isanzure, ku Kwezi cyangwa kuri Mars.Muri ubu bushakashatsi u Bushinwa bwohereje insoro z’inkorano kuri sitasiyo y’isanzure ya Tiangong kugira ngo zigeragerezwe mu bidukikije bidafite rukuruzi kamere nk’iyo ku Isi. Abashakashatsi bavuga ko bifuza kumenya niba izi nsoro zishobora gukura neza mu isanzure nubwo…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yakoze amateka atsinda 106-97; BK Arena yose iririmba “Itsinzi bana b’u Rwanda” nyuma y’umukino udasanzwe.

Ikipe ya RSSB Tigers yanditse amateka akomeye cyane muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly amanota 106 kuri 97 mu mukino wa semifinal wabereye muri BK Arena. Uyu mukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba basketball muri Afurika warangiye usize ibyishimo bidasanzwe mu bafana b’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers ikomeje gukora amateka…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yaciye ibintu i Kigali nyuma yo gusezerera FUS Rabat mu mukino wasize BK Arena ihagaze.

Ikipe ya RSSB Tigers yakomeje kwandika amateka mashya muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo kugera muri kimwe cya kabiri cy’irangiza isezereye FUS Rabat mu mukino ukomeye cyane wabereye muri BK Arena. Nubwo ikipe yo muri Maroc yegukanye intsinzi y’umukino wa kabiri ku manota 99 kuri 98, RSSB Tigers ni yo yakomeje kubera ikinyuranyo kinini…

Soma inkuru yose

Ibidasanzwe ku Madarubindi Mashya

Muri Gicurasi 2026 ,ikigo cya Google cyerekanye amadarubindi mashya akoranye ubuhanga (Smart Glasses) Ayo madarubindi ahkaba akoresha ubwenge Buhangano (AI) bwa Gemini ,kikaba cyarahuje imbaraga n’ibigo bizobereye mu gukora amadarubindi bya Warby Parker ,Gentle Monster na Sumsung. Aya madarubindi azwi ku izina nka Audio Glasses ,yateganyijwe gushyirwa hanze mu gihe cy’izuba rya 2026 . Bimwe…

Soma inkuru yose

BAL Playoffs ziratangira uyu munsi i Kigali; RSSB Tigers irahura na FUS Rabat mu mukino utegerejwe cyane

Mu gihe abakunzi ba basketball muri Afurika bari bamaze iminsi bategereje aya marushanwa, imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League iratangira kuri uyu wa 22 Gicurasi 2026 muri BK Arena. Uyu munsi ni umwe mu minsi ikomeye cyane kuri basketball nyafurika kuko amakipe umunani akomeye agiye gutangira urugamba rwo gushaka igikombe cya BAL 2026. Abasesenguzi…

Soma inkuru yose