ITEGEKO RIKUMIRA ABARI MUNSI Y’IMYAKA 16 GUKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’udushya, kubufatanye n’izindi nzego zifite uburezi mu nshingano ziratangaza ko harimo gutegurwa uburyo abana bari munsi y’imyaka 16 bakumirwa gukoresha imbuga nkoranyambaga. Ibi byatewe no kuba abana basigaye bamara umwanya munini ku mbuga nkoranyambaga, cyane ko benshi bo muri icyo kigero baba bafite telefoni zabo cyangwa mudasobwa . Minisitiri w’ikoranabuhanga n’udushya Ingabire Paula,…

Soma inkuru yose

IBIKORESHO BY’IKORANABUHANGA BIKOMEJE GUHENDA KUBERA IKIBAZO CYA RAM

Ibiciro by’ibikoresho by’ikoranabuhanga nka Telefoni na Mudasobwa bikomeje kuzamuka cyane ku isi .ibi ahanini biraterwa n’ikibazo gikomeye cy’izamuka ry’ibiciro bya RAM( Random Access Memory),iri zamuka rishingiye ku miterere y’isoko ry’ikoranabuhanga muri uyu mwaka wa 2026. Ikigo cy’ubushakashatsi cya Gartner kigaragaza ko isoko ry’ ubwenge bw’ubukorano(AI) ryiyongereye cyane. Ibigo binini by’ikoranabuhanga nka Google,microsoft,na nvidia bikeneye RAM…

Soma inkuru yose

Ese E-ndangamuntu izahindura uburyo bw’amatora mu Rwanda?;NEC, NIDA na RISA mu biganiro bishya

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ku cyicaro cy’Urukiko rw’Amatora (NEC) habereye inama ikomeye yahuje abayobozi b’inzego eshatu z’ingenzi mu miyoborere no mu ikoranabuhanga mu Rwanda, arizo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) n’Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho no mu Isakazabumenyi (RISA). Iyi nama yari igamije kurebera hamwe uburyo…

Soma inkuru yose

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin Yasuye Shema Power Plant n’Icyambu gishya cya Rubavu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe mu Karere ka Rubavu, aho yasuzumye ibikorwa by’ingenzi bigamije iterambere ry’igihugu n’akarere muri rusange. Muri uru ruzinduko, Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rw’amashanyarazi rwa Shema Power Plant, uruganda rutunganya amashanyarazi rubikesha gazi metane yo mu Kiyaga cya Kivu. Uru ruganda rufatwa nk’urufite akamaro kanini…

Soma inkuru yose

Kigali yakiriye Amahugurwa Mpuzamahanga ku Mutekano w’Ikoranabuhanga n’Iterabwoba ryo kuri Murandasi.

Kigali, ku wa 8 Nzeri 2025 – Amahugurwa y’ubumenyi ku mutekano w’ikoranabuhanga (Cybersecurity) n’iterabwoba rikoreshwa ikoranabuhanga (Cyber Terrorism Awareness Workshop) yatangiye kuri uyu wa Mbere mu Mujyi wa Kigali, akaba ari kubera kuri Kigali Paramount Hotel, aho azamara iminsi itanu, kuva tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Nzeri 2025. Iri huriro ryateguwe ku bufatanye…

Soma inkuru yose