Umurwayi wa mbere wa Ebola yagaragaye i bukavu

Ubuvugizi b`umutwe wa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyepfo, bwemeje ko hari umuntu wagaragaweho icyorezo cya Ebola, mu mujyi wa Bukavu, uhana imbibi n’u Rwanda, ndetse byarangiye inamuhitanye. Lawrence Kanyuka akaba n`muvugizi wa AFC/M23, yanditse kuri X yahoze yitwa twitter ko “hari uwasanzwemo Ebola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mujyi wa Bukavu.” Nanone kandi…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda umubare wababyaza ukomeje kuba muke ugereranyije n`ababyeyi bitaho

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Habonetse ababyaza barenga 2,400 ariko uyu mubare uracyari muke ugereranyije n’abo bagomba guha serivisi, Ibi byatangajwe n`Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) U Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza umunsi wahariwe ababyaza tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka André Gitembagara [Perezida w’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU)] yatangaje ko nyuma…

Soma inkuru yose

Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

Byinshi utaruzi kugakingirizo”U Rwanda kuwuhe mwanya mugukoresha agakingirizo?”

Udukingirizo ni kimwe mu bikoresho by’ingenzi mu kurwanya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gukumira inda zitateguwe. Ku isi hose, udukingirizo dukomeje gufatwa nk’imbarutso y’ubuzima rusange no guteza imbere iterambere ry’imiryango. Agakingirizo ka mbere kakoreshejwe mu kinyejana cya 16 mu Butaliyani, gakorwa mu ruhu rw’amatungo, mu 1920 havumburwa agakingirizo ka latex gakoreshwa kugera magingo aya….

Soma inkuru yose