Miss Kundwa Doriane yasoje kaminuza muri Canada

Miss Kundwa Doriane wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2015 ,ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye ya kaminuza muri Canada . Yaherewe impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye n’ubuzima (Bachelor of Health Sciences) muri Ontario Tech University . Uyu Miss Kundwa Doriane yagaragaje amarangamutima y’akanyamuneza n’ishema binyuze ku mafoto n’ubutumwa bwasangijwe…

Soma inkuru yose

Umutwaro wa Muzika Sheebah yatekereje kwiyahura

Umuhanzikazi w’icyamamare muri Uganda ,Sheebah Karungi , yatunguye abantu monetari n’abafana be ubwo yahishuraga ko hari igihe umuziki wamubereye umutwaro uremereye cyane . Ibi byatumye atekereza no kwiyahura kugira ngo akire igitutu cy’uruganda rwa muzika n’izina rye rya buri munsi . Uwo mutwaro ukomeye waturutse ku muvuduko w’icyamamare , aho yasabwaga guhora anezeza abantu bose…

Soma inkuru yose

DJ Spinny yimuriye igitaramo cye i Gahanga

Umuhanga mu kuvanga imiziki ,Joseph Kalisa wamamaye nka DJ Spinny ,yatangaje ko igitaramo cye ngarukamwaka cya Spinny and Friends cyari giteganyijwe kuba tariki ya 8 Kanama 2026,cyimuriwe tariki 18 Nyakanga 2026 ndetse kikazabera ku kibuga cya cricket giherereye i Gahanga . Ibi byatangajwe binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Spinny events ,risobanura ko impinduka zakozwe…

Soma inkuru yose

Polisi ya Zanzibar yasoje iperereza ku rupfu rwa Ashlee Jenae

Ashlee Jenae , umunyamerika wari uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Ashly Robinson, yapfiriye mu kirwa cya Zanzibar muri Tanzania mu kwezi kwa Mata 2026 . uru rupfu rwakuruye impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse rutera benshi kwibaza ku cyaba cyabaye intandaro y’urupfu rwe, cyane cyane ko rwabayenyuma y’iminsi mike yari amaze kwambikwa…

Soma inkuru yose

Qing Madi yashinjije uwahoze amucungira inyungu kumwiba

Umuhanzikazi w’umunya Nijeriya (Nigeria) Qing Madi, yashyize hanze ibirego bikomeye ashinja uwahoze ari umujyanama ndetse n’uwamucungiraga inyungu kumwiba ibikorwa ibikorwa bye by’ubuhanzi no gukoresha izina rye mu nyungu ze bwite . Aya makuru yatangajwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze, avuga ko amaze igihe acecetse ariko ageze aho gufata umwanzuro wo kubwira ukuri abakunzi be ….

Soma inkuru yose

Isomwa ry’urubanza rwa Yampano ryongeye gusubikwa

Isomwa ry’urubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano ,ryari ritegerejwe na benshi ryongeye gusubikwa ku munota wa nyuma . Aya makuru yatangajwe nyuma y’uko urukiko rugaragaje ko habaye ibibazo bya sisiteme(network) byatumye ibikorwa byari biteganyijwe bidashobora gukomeza uko byari byateganyijwe. Amakuru yatangajwe agaragaza ko iri somwa ry’urubanza ryari riteganyijwe kuri uyu wa gatanu tariki…

Soma inkuru yose