Brad Pitt yongeye kugaragara ari kumwe n’umukunzi we Ines de Ramon mu Bufaransa.

Icyamamare muri sinema ya Hollywood, Brad Pitt, yongeye gukurura amaso y’itangazamakuru n’abakunzi b’imyidagaduro nyuma yo kugaragara mu ruhame ari kumwe n’umukunzi we Ines de Ramon mu marushanwa ya Tennis yabereye i Paris mu Bufaransa. Aba bombi bitabiriye umwe mu mikino yari itegerejwe cyane muri aya marushanwa ku wa 6 Kamena 2026, aho bagaragaye bari mu…

Soma inkuru yose

Rusine Patrick yavuze ku ruhare rukomeye rwa Nkusi Arthur mu rugendo rwe rw’urwenya.

Umunyarwenya akaba n’umunyamakuru Rusine Patrick yagaragaje amarangamutima akomeye ndetse n’ishimwe afitiye Nkusi Arthur, umwe mu bantu avuga ko bagize uruhare rukomeye mu ntangiriro z’urugendo rwe muri Stand-up Comedy. Mu butumwa yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, Rusine yavuze ko mu gihe yitegura kwizihiza imyaka 10 amaze akora urwenya rwo ku rubyiniro, yabonye ari ngombwa gusubiza…

Soma inkuru yose

Ruger afashe ikiruhuko mu muziki nyuma y’ibibazo by’urukundo byamugejeje mu nkiko.

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Ruger, yatunguye abakunzi be nyuma y’uko hatangajwe ko afashe ikiruhuko gito mu muziki kugira ngo yibande ku bibazo byihariye ari kunyuramo. Aya makuru yatangajwe na Blown Boy Entertainment, kompanyi isanzwe ireberera inyungu z’uyu muhanzi, ivuga ko Ruger ari guhura n’ikibazo gikomeye cyamugejeje mu nkiko gishingiye ku mubano yari afitanye n’umukobwa bahoze…

Soma inkuru yose

Coach Gael yavuze ku makuru yo gutandukana na Bruce Melodie.

Mu gihe hari hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana amakuru avuga ko umubano wa Coach Gael na Bruce Melodie wajemo agatotsi, uyu mushoramari yongeye gushyira umucyo kuri ayo makuru ashimangira ko nta kibazo na kimwe kiri hagati yabo. Ibi byari byatangiye kuvugwa nyuma y’uko aba bombi batakigaragara kenshi bari kumwe mu ruhame nk’uko byahoze, ibintu…

Soma inkuru yose

Danny Mutabazi akomeje gushimangira ubutumwa bwe binyuze mu ndirimbo zigize album “Waranzuye”

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Danny Mutabazi, akomeje kunezeza abakunzi b’umuziki wa Gospel nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Kwa Heli Yeriko”, imwe mu ndirimbo zigize album ye yitwa “Waranzuye”. Iyi ndirimbo ije ikurikira izindi amaze iminsi ashyira hanze, mu rwego rwo gukomeza gusakaza ubutumwa bwo kwizera no gushimira Imana…

Soma inkuru yose

Kimenyi Yves yanenze imikorere y’amakipe yo mu Rwanda.

Umunyezamu Kimenyi Yves yagaragaje impungenge afite ku buryo amakipe menshi yo mu Rwanda acunga abakinnyi bayo, avuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kudaha agaciro abakinnyi bamaze kumenyera uburyo ikipe ikinamo. Mu butumwa yashyize kuri Instagram kuri uyu wa Gatatu, yavuze ko bitumvikana uburyo amakipe arekura abakinnyi bamaze gusobanukirwa sisiteme y’ikipe, ahubwo agahitamo gushora amafaranga mu…

Soma inkuru yose

Ibyishimo ni byose kuri Kundwa Doriane warangije amasomo ye muri Canada

Uwabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2015, Kundwa Doriane, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo gusoza amasomo ye mu bijyanye n’ubuzima muri Ontario Tech University iherereye muri Canada. Amafoto yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yambaye umwambaro w’abarangije amasomo, ibintu byashimishije benshi mu bamukurikirana ndetse n’abakunzi b’amarushanwa y’ubwiza mu Rwanda. Uyu Munyarwandakazi amaze imyaka itari…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Saidi Lugumi na Alliah Cool rwaba rwarageze ku iherezo? Ibimenyetso bikomeje gutera urujijo

Mu minsi ishize, amazina ya Alliah Cool na Saidi Lugumi yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko havuzwe inkuru z’uko aba bombi baba bari mu mubano wihariye. Icyo gihe ibikorwa byabo byagaragaraga ku mbuga nkoranyambaga byatumaga benshi bakeka ko hagati yabo hari urukundo, nubwo nta n’umwe muri bo wari warigeze abyemeza ku mugaragaro. Kuri…

Soma inkuru yose