Nikola Jokic yongeye gutangaza NBA; imibare ye muri Playoffs yakomeje gutungura benshi.

Mu gihe imikino ya kamarampaka ya NBA (National Basketball Association) ikomeje gufata indi ntera, Nikola Jokic wa Denver Nuggets yongeye kuba igicumbi cy’ibiganiro nyuma yo gukomeza kwitwara neza mu mikino ya Playoffs, ibintu bikomeje gutuma benshi bamufata nk’umwe mu bakinnyi bafite impano idasanzwe NBA yagize mu myaka ya vuba. Uyu munya-Serbia ukina nka center akomeje…

Soma inkuru yose

Muri shampiyona 5 zikomeye iburayi, mu bwongereza niho hatarasobanuka ibyaho.

Mugihe Umwaka w’imikino wa 2025 – 2026 urimo kurangira, muri shampiyo 5 zikomeye kumugabane w’uburayi aho muri shampiyona enye soze ibintu byasobanutse ndetse n’amakipe yatwaye ibyobikombe akaba azwi, mu bwongereza ho biratandukanye nyuma yaho ikipe ya Arsenal na Manchecter city zikomeje gukubana muminsi yanyuma ya shampiyona ngo hamenyekane izatwara ikigikombe cya shampiyona aho bakomeje kugenda…

Soma inkuru yose

Igikombe cya shampiyona (Saud pro League) cyaba kiri kwanga Ronaldo?

Mumukino Ronaldo n’abagenzi be bari biteze mo gutwara igikombe batunguwe kumunota wanyuma w’umukino ni mumukino wahuzaga Al Nassr na Al Hilal waje kurangira ari igitego cyimwe kuri kimwe (1-1), Ronaldo yagaragaye ari mugahinda kenshi nyuma y’uko banganyije n’iyi kipe kumunota wanyuma. Kwikosa ryakozwe n’umuzamu ndetse n’umudifenda (defender) nuko bibyara kwitsinda igitego maze bituma Al Hilal…

Soma inkuru yose

Mbwambere Kylian Mbappé yatashye imbokoboko mubihembo bitangirwa iwabo mu bufaransa  byitwa (UNFP awards)

Ibibihembo bitangirwa imbere mugihugu cy’ubufaransa buri mwaka aho batanga ibihembo kubakinnyi bimbere mugihugu ndetse no kumukinnyi mwiza w’umufaransa ariko ukina hanze y’ubufaransa (Ligue 1/2). Abatora muri ibi bihembo ni abakinnyi ikindi kandi ntabwo umukinnyi ukinana na mugenzi we mu ikipe imwe ntibemerewe gutorana, ikindi kandi umutoza mwiza w’umwaka atorwa n’abatoza bagenzi be igitego cyiza cy’umwaka…

Soma inkuru yose

U Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya Basketball ya Afurika binyuze mu bufatanye bwa NBA na BAL nubwo impaka za politiki zikomeje.

Mu gihe u Rwanda rukomeje kuba kimwe mu bihugu bifite uruhare rukomeye mu iterambere rya basketball muri Afurika, umubano warwo na National Basketball Association ndetse na Basketball Africa League ukomeje gukurura ibiganiro byinshi ku rwego mpuzamahanga. Mu myaka itanu ishize, Kigali yabaye kimwe mu bice by’ingenzi byakira ibikorwa bya BAL, irushanwa ryashinzwe ku bufatanye bwa…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers Yiteguye Intambara ya BAL Playoffs, Aho Oumar Ballo Ategerejwe i Kigali.

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League (BAL) 2026 itangire i Kigali, ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kongera imbaraga mu rwego rwo kwitwara neza imbere y’abafana bayo, aho amakuru agezweho avuga ko yamaze kumvikana na rutahizamu ukomeye ukomoka muri Mali, Oumar Ballo. Uyu mukinnyi ufite uburebure bwa metero 2.13,…

Soma inkuru yose

Abakinnyi b’ikipe ya Barcelona biniguye maze icyari kibyimbye kirameneka

Umunsi wo ku cyumweru taliki ya 10 Gicurasi 2026 muri esipanye (spain) Nibwo habaye umukino ukomeye uzwi kwizina rya El Clásico aho uhuza Real Madrid na Barcelona. Muri uyumukino warangiye Barcelona itahanye amanota atatu ndetse igatwarira igikombe cya shampiyona (Laliga) mumaso ya mukeba nyuma yo gutsinda ibitego bibiri kubusa, abakinnyi ba Barcelona nibo bari batahiwe…

Soma inkuru yose

FERWAFA yahagaritse abakozi babiri b’umupira w’amaguru nyuma y’inkuru yavuzweho cyane kuri Gorilla FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo abakozi 2 b’umupira w’amaguru nyuma y’ibikorwa byabaye mbere y’imikino itandukanye ya shampiyona n’Igikombe cy’Amahoro. Mu itangazo FERWAFA yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mata 2026, yavuze ko hashingiwe ku ngingo z’amategeko agenga imyitwarire mu mupira w’amaguru, hafashwe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Bwana Olivier Ndatimana ushinzwe…

Soma inkuru yose

U RWANDA MUMAHIRWE AKOMEYE RUGIYE KWAKIRA CAVB Men’s Club Championship 2026

None kuwa 21 mata 2026, Mu nyubako ya BK Arena habereye ikiganiro n’itangazamakuru cyagarutse ku myiteguro ya Shampiyona Nyafurika y’Amakipe y’Abagabo muri Volleyball izwi nka CAVB Men’s Club Championship 2026, iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki ya 22 Mata kugeza ku wa 3 Gicurasi 2026. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 47, rikaba ritegerejweho…

Soma inkuru yose

Rayon sports yaguye miswi inganya na Al merrikh sc

None kuwa 16 werurwe 2026,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije ubusa ku busa (0-0) na Al‑Merrikh SC mu mukino wa 24 wa shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1ku kibuga cya Kigali Pelé Stadium, utangiye saa 8:30 z’ijoro. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka n’imbaraga ku mpande zombi, aho amakipe yagerageje gusatira izamu inshuro nyinshi ariko ntihagire…

Soma inkuru yose