Arsenal itakaje igikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na PSG

Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal penaliti 4-3 nyuma y’uko aya makipe yombi anganyije igitego 1-1, ibi byahise bituma yegukana UEFA Champions League ku nshuro yayo ya kabiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026 nibwo iyi kipe ya PSG yo mu bufaransa ikoze aya amateka. Puskás Aréna muri Hongrie niho uyu…

Soma inkuru yose

PSG Yegukanye Igikombe cya Champions League yikurikiranya Nyuma yo Gutsinda Arsenal Mu Mukino utari woroshye

I Budapest muri Hungary Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yegukanye igikombe cya UEFA Champions League cya 2025/26 nyuma yo gutsinda Ikipe ya Arsenal kuri penaliti 4-3, nyuma y’uko iminota 120 y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Uyu mukino wa nyuma wabereye kuri Stade ya Puskás Aréna i Budapest mu gihugu cya Hungary ku…

Soma inkuru yose

Umupira uzakoreshwa mu Gikombe cy’Isi cya 2026 uzajya ushyirwa ku muriro

FIFA n’uruganda Adidas Berekanye umupira mushya uzakoreshwa mu gikombe cy’isi cya witwa TRIONDA. Uyu mupira wateye abantu benshi kwibaza byinshi kubera ko uzajya ubanza gushyirwa ku muriro mbere y’umukino. TRIONDA ntabwo ari umupira usanzwe gusa. Kuko Wubatswemo ikoranabuhanga rifite ubushobozi bwo kumva (sensor) ishobora gukurikirana aho umupira uri n’uburyo ukinwaho mu gihe cyakokanya. Iryo koranabuhanga…

Soma inkuru yose

Cristiano Ronaldo yaraye yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite

Cristiano Ronaldo uri mu bambere muri ruhago, yatwaye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite muri uyu mwaka w`imikino wa 2025/2026 ku nshuro ya mbere kuva yagera muri Al Nassri, acyongera ku bindi bikombe asanzwe afite. Cristiano Ronaldo yageze muri Al Nassr yo muri Saudi Pro League muri 2022, aho yari aje kuyikinira ndetse no kuyihesha…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026.

Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League itangire i Kigali, RSSB Tigers yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi ndetse n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026. Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ku nshuro ya mbere mu mateka yayo, ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba basketball bayitegerezaho byinshi mbere y’imikino izabera…

Soma inkuru yose

Hansi Flick yahaye umugisha kuguma Muri Barcelona Kwa Rashford

Umutoza mukuru wa FC Barcelona, Hansi Flick, yahaye uburenganzira ubuyobozi bw’ ikipe bwo kugumana Marcus Rashford burundu Aho uyumusore akina mu gice cy’ubusatirizi. Flick yagaragaje ko uyu mukinnyi mpuzamahanga w’Ubwongereza yujuje neza ibisabwa mu buryo bw’imikinire ye umusaruro ufatika. Ibi ni Nyuma yo kubona uburyo uyu mukinnyi yitwaye neza, umutoza ntiyazuyaje gusaba ko amasezerano ye…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gutwara igikombe Arsenal FC yashimwe na Perezida Kagame

Arsenal FC ikaba n’umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yashimwe bikomeye na Perezida w`u Rwanda H.E Paul Kagame nyuma yuko yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Nyuma y’umukino AFC Bournemouth yanganyijemo na Manchester City igitego 1-1 ku wa 19 Gicurasi 2026, Arsenal FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza. Byatumye Man City igira amanota 78,…

Soma inkuru yose

Arsenal yegukanye igikombe cya Premier League nyuma Y’imyaka 22 y’ikimwaro

Mu gihe cy’imyaka 22 ishize, gufana Arsenal byasabaga kwihangana gukomeye cyane. Nyuma y’aho ikipe y’amateka ya “The Invincibles” itwaye igikombe cyo mu mwaka wa 2003-2004 idatsinzwe ikaba yaratozwaga na Arsène Wenger, Nyuma Arsenal yahuye n’ibihe bikomeye byayisize ku ntebe y’amakipe asezeranya ibitangaza ariko ibyo byose bikarangirira mumagambo gusa mbese urubwa Rwarayiberaga. Ibi byatumye abafana b’izindi…

Soma inkuru yose

Enzo Maresca mu nzira zo gusimbura Pep Guardiola

Pep Guardiola umutoza mukuru wa Manchester City nyuma yo kumenyesha ubuyobozi biyi kipe ko batazakomezanya nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, Birakekwa ko ashobora gusimburwa na Enzo Maresca. Uyu mutoza Pep yageze muri Manchester City mu mwaka wa 2026 aza asimbura Pellegrini Manuel, aza muburyo bwo gufasha iyi kipe kuba muzikomeye muri Shampiyona y`abongereza, nk’uko…

Soma inkuru yose

Pep Guadiola agiye gutoza umukino we wanyuma muri Manchester City

Umutoza Pep Guardiola yageze muri Manchester City mu mpeshyi yo mu mwaka wa 2016. Mu gihe cy’imyaka 10 I Manchester, yubatse ikipe idahangarwa na buri umwe, yahise ahindura imikinire y’u Bwongereza binyuze mu gukundisha abantu umupira w’u Buhanga (Tiki-Taka) n’ubundi buryo bw’imikinire mu kibuga, Kugeza mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, Pep Guardiola amaze kwegukana ibikombe…

Soma inkuru yose