Davido yijeje ubufasha abana bashimuswe, ashimirwa umutima wo kurengera ejo hazaza habo.

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yongeye kugaragaza umutima w’ubumuntu nyuma y’uko asezeranyije ko azafasha abana bashimuswe kubona ubufasha bwo kwita ku buzima bwo mu mutwe ndetse akanabafasha gukomeza amashuri yabo nibaramuka bagaruwe amahoro. Aya magambo yayatangaje mu gihe ikibazo cy’abana bashimutwa gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye bya Nigeria, aho benshi bagaragaza ko ingaruka zacyo…

Soma inkuru yose

Ibyishimo ni byose kuri Wema Sepetu nyuma yo kwibaruka imfura yari amaze imyaka myinshi ategereje.

Umunyamideli, umukinnyi wa filime ndetse wanabaye Nyampinga wa Tanzania mu mwaka wa 2006, Wema Sepetu, ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka umwana we wa mbere nyuma y’urugendo rurerure rwari rwuzuyemo amatsiko, amasengesho n’ibyiringiro. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Kamena 2026, aho Wema yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko…

Soma inkuru yose

Mutabazi Sabine yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Kevin Shafi Musemakweli.

Mutabazi Sabine witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 akaza no kugera mu bakobwa batanu ba mbere, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Kevin Shafi Musemakweli amusaba kuzamubera umugore. Ibi byabaye ku wa 07 Kamena 2026, mu muhango wabereye imbere y’inshuti n’abavandimwe babo, aho Kevin Shafi Musemakweli yasabye Sabine ko bazabana nk’umugore n’umugabo, undi abyemera n’ibyishimo byinshi….

Soma inkuru yose

Mutabazi Isingizwe Sabine witabiriye muri Miss Rwanda 2022 yambitswe Impeta y’urukundo

Mutabazi Isingizwe Sabine, umwe mu bakobwa bahatanye bakagera muri batanu ba mbere mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we, Kevin Shafi Musemakweli, bitegura kurushinga. Uyu muhango wo gutera iyi ntambwe ikomeye wabaye ku wa 7 Kamena 2026b, aho uyu musore Shafi yafashe icyemezo cyo gusaba uyu Sabine ko yamqubera umufasha mu…

Soma inkuru yose

Cyusa Ibrahim yatumiwe mu Gitaramo cyo kwizihiza #Kwibohora32 mu Bubiligi

Umuhanzi gakondo Cyusa Ibrahim yatumiwe ku mugaragaro gutaramira mu Bubiligi mu birori bikomeye byo kwizihiza isabukuru ya #Kwibohora32. Iki gitaramo kije cyiyngera ku bindi bikorwa by’indashyikirwa uyu muhanzi amaze iminsi akorera ku mugabane w’i Burayi. Iki gitaramo giteganyijwe guhuriza hamwe abanyarwanda n’inshuti zabo batuye mu Bubiligi n’ibihugu bihana imbibi. Bizaba ari umwanya mwiza wo kwishimira…

Soma inkuru yose

RDB yongereye amasaha y’utubari n’utubyiniro kubera igikombe cy’Isi

Urwego rw’igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe umwanzuro w’uko amasaha y’utubari, resitora n’utubyiniro yongerwa by’agateganyo muri iki gihe cy’igikombe cy’isi. Ibi bikorwa byemerewe gukora kugeza saa cyenda(3:00) za nijoro hagati mu cyumweru, no kugeza saa kumi (4:00) z’ijoro mu mpera z’icyumweru ndetse no ku minsi mikuru. Iki cyemezo cyatangiye gushyirwa mu bikorwa ku wa 12 Kamena, kikazageza…

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE

Abahanzi b’abavandimwe Vestine na Dorcas baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana batangaje ko bamaze guhagarika imikoranire yabo na MIE Empire, inzu yari ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Mu itangazo bashyize hanze kuwa 13 Kamena 2026, bavuze ko MIE yari yarababereye umufatanyabikorwa ukomeye kuva batangira gukora umuziki, ndetse bayishimira uruhare yagize mu iterambere ryabo. Bagize bati:…

Soma inkuru yose

Shakib yavuze ko yatunguwe no kumenya ko yatandukanye na Zari abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.

Nyuma y’amasaha make Zari Hassan atangaje ko yatandukanye n’umugabo we Shakib Lutaaya nyuma y’imyaka itanu bari bamaze bakundana, Shakib nawe yashyize umucyo kuri aya makuru yari amaze gukwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Mu kiganiro yagiranye na Galaxy FM yo muri Uganda ku wa 12 Kamena 2026, yavuze ko yatunguwe no kubona itangazo rya…

Soma inkuru yose

DJ Inno yateye indi ntambwe mu muziki ashyira hanze indirimbo yise Ayra Starr

Umuvanga Muziki uri mu bagezweho mu Mujyi wa Kigali, DJ Inno, yafashe icyerekezo gishya mu mwuga we cyo guhuza abahanzi bafite ikinyabupfura mu ndirimbo, ikintu gishobora guhindura isura y’imyidagaduro mu Rwanda. Iyi ntambwe nshya yatangiye kugaragaza imbaraga nyuma y’aho uyu musore ashyiriye hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ayra Starr”, afatanyije n’icyamamare Davis D. Gukorana…

Soma inkuru yose

Umutungo wa Serena na Venus Williams muri 2026 Ubukire butangaje

Serena Williams na Venus Williams bafite umutungo ushingiye hamwe ungana na miliyoni 445 z’amadolari muri uyu mwaka wa 2026. Amakuru dukesha ikinyamakuru Times of India yerekana ko uyu mutungo uturuka ku bihembo by’imikino, Kwamamaza, ndetse n’ishoramari rinyuranye. Kugeza ubu muri 2026, Serena Williams aza imbere afite umutungo ungana na miliyoni 350 z’amadolari. Niwe mugore wa…

Soma inkuru yose