Portugal ya Cristiano Ronaldo yageze muri Amerika.
Ikipe y’Igihugu ya Portugal yamaze kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho igiye gutangira urugendo rwayo mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Iyi kipe iyobowe na Cristiano Ronaldo yageze muri iki gihugu yakirwa n’abafana benshi ndetse n’itangazamakuru ryari rifite amatsiko yo kubona imwe mu makipe ahabwa amahirwe yo kuzitwara neza muri iri rushanwa. Kugaragara kwa…

