Perezida Paul Kagame yagejeje ubutumwa bukomeye ku ba Ofisiye bakuru ba RDF; abasaba gukomeza kurinda inyungu z’u Rwanda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yagejeje ubutumwa bukomeye ku ba Ofisiye bakuru b’Ingabo z’u Rwanda mu nama yabahuje, ashimangira ko umutekano w’igihugu ugomba gukomeza kuba ishingiro ry’ibikorwa byabo bya buri munsi. Yabibukije ko RDF ifite inshingano zo kurinda ubusugire bw’u Rwanda no guharanira ko abaturage bakomeza…

