Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

Ntukiri Umunyacyaha w’Ibiryo: Menya Uburyo Bworoheje bwo Kugira Amagara Mazima

Ukwakira ni ukwezi gushya, ariko nanone ushobora kukugira intangiriro y’indi ntambwe nshya mu buzima bwawe. Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kugira amagara mazima atari iby’amahirwe gusa, ahubwo ari iby’imyitwarire umuntu yigisha umubiri we buri munsi. Kurya ku gihe ni kimwe mu by’ingenzi mu buzima, aho inzobere mu buzima zigaragaza ko kurya ku mugoroba bitarenze saa…

Soma inkuru yose

ARVs zirakiza cyangwa zirarinda? Ukuri kuri SIDA benshi batinya kuvuga

Mu gihe benshi batekereza ko iterambere ry’ubuvuzi ryabaye iry’ikirenga, indwara ya SIDA igikomeje kuba ikibazo gikomeye ku isi yose. Nubwo virusi itera SIDA (VIH) yamamaye mu myaka ya za 1980, kugeza ubu nta muti uvura burundu iyi ndwara uraboneka. Imiti ihari ubu izwi nka ARVs (imiti igabanya ubukana) ifasha uwanduye kugumana ubuzima buzira umuze igihe…

Soma inkuru yose