Perezida Paul Kagame yashimye PSG yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League

Ikipe ya Paris Saint Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, Nyuma yo gutsinda arsenal yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League byatumye ishimirwa cyane na Perezida w`u Rwanda. Iyi nsinzi yagezweho nyuma yo gutsinda ikipe ya Arsenal yo mubwongereza penaliti 4-3 aho aya makipe yombi yari yabanje kunganya igitego 1-1 mu minota 90 y’umukino ndetse na…

Soma inkuru yose

Arsenal itakaje igikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na PSG

Ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal penaliti 4-3 nyuma y’uko aya makipe yombi anganyije igitego 1-1, ibi byahise bituma yegukana UEFA Champions League ku nshuro yayo ya kabiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Gicurasi 2026 nibwo iyi kipe ya PSG yo mu bufaransa ikoze aya amateka. Puskás Aréna muri Hongrie niho uyu…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gutwara igikombe Arsenal FC yashimwe na Perezida Kagame

Arsenal FC ikaba n’umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yashimwe bikomeye na Perezida w`u Rwanda H.E Paul Kagame nyuma yuko yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Nyuma y’umukino AFC Bournemouth yanganyijemo na Manchester City igitego 1-1 ku wa 19 Gicurasi 2026, Arsenal FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza. Byatumye Man City igira amanota 78,…

Soma inkuru yose

Visit Rwanda Yagiranye Amasezerano n’Amakipe ya LA Clippers na LA Rams

Los Angeles, USA – Mu gihangano cy’amateka, Visit Rwanda, ikirango cy’Ubukerarugendo cya Rwanda Development Board (RDB), cyamaze gusinya amasezerano y’igihe kirekire n’amakipe abiri akomeye yo muri Los Angeles: LA Clippers ya NBA na Los Angeles Rams ya NFL. Ni ubwa mbere ikirango cy’ubukerarugendo cyo muri Afurika gishyira umukono ku masezerano muri iyi miryango yombi, bigaragaza…

Soma inkuru yose