Elon Musk yabaye umuntu wa mbere ku Isi utunze Tiliyari y’Amadolari

Umuherwe Elon Musk yanditse amateka adasanzwe ku isi kuri uyu wa Gatanu 12 Kamena 2026, nyuma yo kuba umuntu wa mbere utunze umutungo urenga Tiliyari imwe y’amadolari y’Amerika($1.1 Tillion). Agahigo k’uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko gashimangiye amateka mashya y’ubukungu n’ikoranabuhanga mu mateka ya muntu. Iki giciro gishya cy’umutungo we cyazamutse cyane nyuma y’uko ikigo cye…

Soma inkuru yose

U Rwanda Rwemeje ingengo y’Imari ya Miliyari 7.796 z’Amafanga y’u Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yemeje umushinga w’itegeko ry’ingengo y’imari ya Leta y’u Rwanda y’umwaka wa 2026/2027, izaba ingana na miliyari 7.796,3 Frw. Iri koranabuhanga mu by’ubukungu ryerekana izamuka rya 12% ugereranyije n’iy’umwaka ushize ,aho hiyongereyeho agera kuri miliyari 844,2 Frw Iyi ngengo y’imari nshya izibanda cyane ku bikorwa remezo n’imishinga igamije kuzamura ubukungu bw’abaturage. Mu ntego zihutirwa…

Soma inkuru yose

RDB yafunze by’agateganyo hoteli enye zirimo Century Park

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB),rwafunze by’agateganyo Hoteli n’ibigo bine bitanga serivise z’ubukerarugendo n’amacumbi , birimo na Century Park Hotel and residences iherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali . Iki cyemezo gikomeye cyatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa kane ,tariki ya 4 Kamena 2026. Nyuma y’igenzura ryimbitse RDB yakoze hagamijwe kureba niba ibi bigo…

Soma inkuru yose