Aba Ofisiye 108 basoje amasomo i Nyakinama bagenewe Impanuro na Perezida Kagame

Umugaba mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda Perezida Paul Kagame, yasabye ba Ofisiye Bakuru 108 barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama kurangwa n’ubutwari, ubushishozi ndetse no kugira intego ibayobora mu nshingano zabo za buri munsi. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Kamena, mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku basoje ayo masomo…

Soma inkuru yose

Amavubi yagumye ku mwanya wayo wa FIFA, Argentine yisubiza intebe ya mbere ku Isi.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryashyize hanze urutonde rushya rw’amakipe y’ibihugu, aho Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yagumanye umwanya wa 128 ku Isi. Nubwo abakunzi ba ruhago nyarwanda bari bafite amatsiko yo kureba niba hari impinduka zabaye nyuma y’imikino iheruka, Amavubi ntiyazamutse ndetse ntiyanamanuka, ibintu bigaragaza ko hakiri urugendo rurerure rwo kongera kuzamuka ku…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma no mu bahagarariye u Rwanda mu mahanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakoze impinduka nshya mu buyobozi bw’Igihugu zirimo abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta ndetse n’abahagarariye u Rwanda mu bihugu bitandukanye. Izi mpinduka zatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 10 Kamena 2026, hashingiwe ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Iri tangazo…

Soma inkuru yose

Agahinda k’Umubyeyi Papa wa Yampano yasutse amarira asaba imbabazi

Nsengiyumva Zaburoni , se wa Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano , avuga ko umutima we wuzuye agahinda nyuma y’uko umuhungu we asabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo , ariko agasaba ko ahabwa imbabazi n’icyizere akagaruka mu buzima busanzwe . Inkuru y’umuhanzi Yampano n’umugore we Vava ikomeje gufata indi ntera mu muryango Nyarwanda . Kuri ubu ,icyemezo…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

BK Arena YATIGISE! RSSB Tigers yegukanye Afurika itsinze Petro de Luanda mu mukino wasize Kigali yose ihagaze

Ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2026 ryahise ryinjira mu mateka ya siporo y’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League itsinze Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena. Ni intsinzi yasize Kigali yose ivugwamo basketball, abantu ku mbuga nkoranyambaga batangira gusakaza amafoto,…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yakoze amateka atsinda 106-97; BK Arena yose iririmba “Itsinzi bana b’u Rwanda” nyuma y’umukino udasanzwe.

Ikipe ya RSSB Tigers yanditse amateka akomeye cyane muri Basketball Africa League 2026 nyuma yo gutsinda Al Ahly amanota 106 kuri 97 mu mukino wa semifinal wabereye muri BK Arena. Uyu mukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba basketball muri Afurika warangiye usize ibyishimo bidasanzwe mu bafana b’u Rwanda nyuma y’uko RSSB Tigers ikomeje gukora amateka…

Soma inkuru yose

Lt Col. Kabera yifatanyije na Nu-Vision High School kwibuka abazize jenoside

Lt Col Simon Kabera Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, none ku wa 25 Gicurasi 2025 yifatanyije n’abanyeshuri n’abarimu barenga 1200 bo muri Nu-Vision High School mu guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo yagejeje ku banyeshuri, Lt Col Kabera yasobanuye ibyiciro Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwemo ikanashyirwa mu bikorwa, anagaragaza uruhare Ingabo za…

Soma inkuru yose

Ibirori bya Grandparents Day muri Green Hills Academy byitabiriwe na Perezida Kagame

H.E Kagame Paul na Madamu we Jeannette Kagame ni bamwe bitabiriye umunsi wahariwe ba ‘Nyogokuru na ba Sogokuru’ [Grandparents Day] muri Green Hills Academy biba ku wa 20 Gicurasi buri mwaka bikarangwa mo ibikorwa bigiye bitandukanye Perezida Paul Kagame na Madamu we bishimiye igitaramo mu mbyino gakondo z’umuco nyarwanda zabyinwe n’abana biga mu mwaka wa…

Soma inkuru yose

Abayobozi batandukanye bitabiriye inama ya NEISA 2026 bakiriwe na Perezida Kagame

Uyu munsi kuwa 20 Gicurasi 2026 nibwo Perezidaw`u Rwanda Paul Kagame yahuye na Sylvie Bermann, Perezida wa World Nuclear Exhibition; Sama Bilbao y León, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe World Nuclear Association; Serge Ekue, Perezida wa West African Development Bank; Daniel Poneman, wo muri Council on Foreign Relations na Ian Farnan, umuyobozi mukuru wa Cambridge Atom Works….

Soma inkuru yose