Perezida Dr. Samia Suluhu Hassan yageze mu Rwanda

Dr. Samia Suluhu Hassan perezida wa Tanzania yagize uruzinduko rw’akazi mu Rwanda i kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Gicurasi, akaba yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku mikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri (NEISA) aho yakiriwe na Dr Ustah Kayitesi, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga. Dr Samia Suluhu Hassan mu masaha ya mu gitondo we…

Soma inkuru yose

Perezida wa Afurika y’Epfo yongeye kuvuga ku mubano n’u Rwanda.

Mu gihe Afurika ikomeje guhangana n’ibibazo by’umutekano ndetse n’ubukungu, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yongeye gutangaza ko igihugu cye cyifuza gukomeza kubaka umubano mwiza n’u Rwanda, nubwo hakomeje kubaho ibibazo bya dipolomasi byagiye bivugwa hagati y’ibihugu byombi mu myaka yashize. Ibi Ramaphosa yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’inama yahuje bamwe mu bayobozi ba…

Soma inkuru yose

President Kagame Holds High-Level Talks on Strategic Investments with Global Business Leaders

This afternoon at Urugwiro Village, President Paul Kagame held a high-level meeting with prominent international investors to explore strategic investment and development opportunities in Rwanda, reinforcing the country’s position as a leading destination for global capital and innovation. The meeting brought together Mohamed Ali Janah, Group Chairman of Hotels and Resorts Investment Maldives and Chairman…

Soma inkuru yose

Kagame Yubaka Guverinoma Nshya: Impinduka Zigaragaza Icyerekezo Gishya cy’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakoze impinduka zikomeye kandi zidasanzwe muri Guverinoma , mu cyerekezo gisa n’icyo kongera imbaraga mu nzego z’ingenzi z’ubuhinzi, ubworozi, dipolomasi ndetse n’umutekano. Nubwo irisimburana by’abayobozi riri mu muco wa buri gihugu cyifuza imikorere myiza, uburyo izi mpinduka zakozwe n’abazigiyemo byahaye benshi icyizere ko u Rwanda ruri kwinjira mu cyiciro gishya cy’imiyoborere ishingiye…

Soma inkuru yose

President Kagame Clarifies Rwanda–Arsenal Partnership Exit, Dismisses External Pressure Claims

President Paul Kagame has dismissed suggestions that Rwanda’s decision to end its high-profile partnership with English Premier League club Arsenal is linked to pressure from European states or the Democratic Republic of Congo (DRC). Speaking during a national address, Kagame emphasized that the conclusion of the “Visit Rwanda” branding deal stemmed solely from Rwanda’s internal…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame Ati: “Aribishoboka , Insengero Zose Nazifunga!

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, H.E Paul Kagame, yongeye kugaruka ku kibazo cy’imikorere y’amwe mu nsengero n’uruhare zigira mu mibereho y’Abanyarwanda, agaragaza ko hari aho zigaragara zidahuza n’intego yo guteza imbere umuryango nyarwanda. Mu butumwa bwe, Umukuru w’Igihugu yavuze ko hari imyumvire ikwiye guhinduka, abantu bagakuramo ibitekerezo bisigaye byaracengejwe na kolonialisme, bikadindiza iterambere ryabo n’iry’igihugu….

Soma inkuru yose

Perezida Kagame na Mamadi Doumbouya bashimye uburyo u Rwanda rugaragaza icyerekezo gishya cy’Afurika y’ikoranabuhanga muri Transform Africa Summit 2025

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, Perezida Paul Kagame hamwe na mugenzi we wa Guinea, Colonel Mamadi Doumbouya, basuye ahari kumurikirwa udushya n’ibikorwa by’ikoranabuhanga u Rwanda rwahanze, mu nama mpuzamahanga Transform Africa Summit 2025, ibera i Kigali. Iyi nama yitabiriwe n’abayobozi b’ibihugu, abashoramari n’inzobere mu ikoranabuhanga baturutse hirya no hino ku isi, igamije kugaragaza…

Soma inkuru yose

H.E PAUL KAGAME mu nama izatangiza Impinduramatwara ya AI muri Afrika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ari ku rutonde rwa bamwe mubakuru b’ibihugu bazitabira Inama ya Transform Africa Summit 2025, iteganyijwe kubera mu Mujyi umwe wa Conakry muri Guinée, ku matariki ya 12–14 Ugushyingo 2025. Iyi nama ikomatanyiriza hamwe abakuru b’ibihugu, impuguke mu ikoranabuhanga, inzego z’abikorera n’abashakashatsi, hagamijwe kurebera hamwe uko umugabane dutuye wa…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yageze i Riyadh, agirana ibiganiro na Prince Mohammed bin Salman mbere y’inama ya Future Investment Initiative

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Riyadh muri Arabia Saudite aho yatangiriye uruzinduko rwe rw’akazi agirana ibiganiro byihariye na Nyiricyubahiro, Igikomangoma Mohammed bin Salman, Umuyobozi Mukuru w’Igihugu cya Arabia Saudite. Uru ruzinduko ruje mbere y’itangizwa ku mugaragaro ry’Inama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Future Investment Initiative (FII), igeze ku nshuro ya…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yongereye imbaraga mu Nteko Ishinga Amategeko: Hashyizweho Abasenateri bashya barenga batatu mumyanya.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Abasenateri bashya bane baje basanga abandi mu myanya nk’uko biteganywa n’Ingingo ya 80 igize Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mugitabo cyamategeko . Abo ni Prof. Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr. Uwamariya Valentine na Gasana Alfred. Iyi myanzuro ije mu rwego rwo gukomeza kubaka inzego…

Soma inkuru yose