Senderi Hit yakoreye igitaramo cy’amateka i Musanze

Umuhanzi Eric Senderi wamamaye nka Senderi International Hit, yakoreye igitaramo cy’amateka mu karere ka Musanze, cyitabiriwe n’abantu benshi barimo n’abakerarugendo. Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatanu 12 Kamena 2026, cyari kigamije kwizihiza kwizihiza ibirori byo kwibohora ku nshuro ya 32 n’imyaka 20 amaze mu muziki. Uyu muhanzi yageze ku rubyiniro i Musanze asanganirwa n’uruvunganzoka rw’abafana…

Soma inkuru yose

U Rwanda mu Bihugu 10 Biri Kwitwara neza ku Mugabane w’Afurika

U Rwanda rwongeye kugaragara mu bihugu 10 bya mbere bihagaze neza kandi bitera imbere ku mugabane w’Afurika muri 2026. Ibi bikeshwa imiyoborere myiza n’izamuka ry’ubukungu riri mu bya mbere ku isi , aho Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda uzamukaho 7.2% . Iri terambere rishingiye ku bukungu burimo guhindura no kohereza…

Soma inkuru yose