Davido yijeje ubufasha abana bashimuswe, ashimirwa umutima wo kurengera ejo hazaza habo.
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yongeye kugaragaza umutima w’ubumuntu nyuma y’uko asezeranyije ko azafasha abana bashimuswe kubona ubufasha bwo kwita ku buzima bwo mu mutwe ndetse akanabafasha gukomeza amashuri yabo nibaramuka bagaruwe amahoro. Aya magambo yayatangaje mu gihe ikibazo cy’abana bashimutwa gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye bya Nigeria, aho benshi bagaragaza ko ingaruka zacyo…

