SHEMA Fabrice amuritse logo nshya ya rwanda women’s super league

none taliki 9 mutarama Umuyobozi wa ferwafa amuritse kumugaragaro rwanda women’s super league aho avuze kuri super cup izajya ihuza abagore ndetse no guteza imbere umupira wabagore, ikindi nuko avuze kuri supe cup izaba ejo kuwa 10 mutarama aho avuze ko tuzakira icyamamare kw’isi kurukuta rwa you tube mugihe hazaba hari gukurikirana hagati mumukino

Ikindi Tubibutse ko muri iyi nama nabanyamakuru hahujwe umutoza wa Rayon sports women na capiteni wayo ndetse na Umutoza wa indahangarwa babajijwe uko biteguye umukino wa super cup bose icyo bahurijeho nuko ikipe zombi zikomeye ariko bose ko biteguye gutsinda ndetse ko ari no guhatana hagati yabo .

Nyuma hagezweho umwanya w’ibibazo aho umwe mubanyamakuru yabajije impamvu kukijyanye namatike cyane cyane ko harigihe amatike atangira agurishwa make bivugwa ko kumunsi w’umukino ko amafaranga azamuka ariko nyuma bikarangira umupira ugizwe ubuntu , Fabrice agisubiza avuze ko hakiri urugendo rwo kubaka ibijyanye n’imikino arinabwo barimo ko bari gutegura uko bazajya bagurisha ticket y’imikino igize irushanwa yose ( seasonal ticket )

Abajijwe kukijyanye nuko umupira wabagore usanga akenshi ukinirwa kubibuga bidasa neza yasobanuye kandi ko azakorana na fifa ko bazagerageza kuvugurura ibihari bakanubaka ibishya ikindi kandi bazanashyira ibaraga mumashuri kugirango bazaure ipano zabakobwa , yavuze ko kandi kugirango bazaure urwego rwimikino yabakobwa ko iikino yabakobwa imwe izajya icishwa kuri fifa plus, ndetse ko aafaranga yahabwaga abakinnyi ndetse nigikobe cya super cup yabagore ko yazamuwe ikagera kurugero rwa basaza babo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *