Amavubi yagumye ku mwanya wayo wa FIFA, Argentine yisubiza intebe ya mbere ku Isi.

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryashyize hanze urutonde rushya rw’amakipe y’ibihugu, aho Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” yagumanye umwanya wa 128 ku Isi. Nubwo abakunzi ba ruhago nyarwanda bari bafite amatsiko yo kureba niba hari impinduka zabaye nyuma y’imikino iheruka, Amavubi ntiyazamutse ndetse ntiyanamanuka, ibintu bigaragaza ko hakiri urugendo rurerure rwo kongera kuzamuka ku…

Soma inkuru yose

Afurika Yabonye Umwami Mushya! RSSB Tigers yanditse amateka yegukana BAL 2026 bwa mbere

Mu ijoro ryuzuyemo amarangamutima, ibyishimo n’amateka atazibagirana, RSSB Tigers yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026 nyuma yo gutsinda Petro de Luanda amanota 90 kuri 88 ku mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena i Kigali. Ni intsinzi yahinduye amateka ya basketball nyarwanda, ihita yandika izina rya RSSB Tigers mu makipe akomeye Afurika imaze…

Soma inkuru yose

RSSB Tigers yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026.

Mu gihe habura iminsi mike ngo imikino ya kamarampaka ya Basketball Africa League itangire i Kigali, RSSB Tigers yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi ndetse n’abatoza bazifashishwa muri BAL 2026. Iyi kipe ihagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ku nshuro ya mbere mu mateka yayo, ibintu bikomeje gutuma abakunzi ba basketball bayitegerezaho byinshi mbere y’imikino izabera…

Soma inkuru yose

FERWAFA yahagaritse abakozi babiri b’umupira w’amaguru nyuma y’inkuru yavuzweho cyane kuri Gorilla FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo abakozi 2 b’umupira w’amaguru nyuma y’ibikorwa byabaye mbere y’imikino itandukanye ya shampiyona n’Igikombe cy’Amahoro. Mu itangazo FERWAFA yashyize hanze kuri uyu wa 24 Mata 2026, yavuze ko hashingiwe ku ngingo z’amategeko agenga imyitwarire mu mupira w’amaguru, hafashwe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo Bwana Olivier Ndatimana ushinzwe…

Soma inkuru yose

Rayon sports yaguye miswi inganya na Al merrikh sc

None kuwa 16 werurwe 2026,Ikipe ya Rayon Sports yanganyije ubusa ku busa (0-0) na Al‑Merrikh SC mu mukino wa 24 wa shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1ku kibuga cya Kigali Pelé Stadium, utangiye saa 8:30 z’ijoro. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka n’imbaraga ku mpande zombi, aho amakipe yagerageje gusatira izamu inshuro nyinshi ariko ntihagire…

Soma inkuru yose

Harakurikiraho iki nyuma yo kwihanangirizwa kuri bimwe mubitangazaakuru bya sport?

Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura , (Rwanda Media Commission – RMC) rwatangaje ko rwihanangirije mu nyandiko ibitangazamakuru bya SKFM ndetse na Isibo TV & Radio, rubisaba gukosora imyitwarire idahuye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru, by’umwihariko mu biganiro bya siporo. Uku kwihanangirizwa bije bikurikira ibiganiro bitandukanye RMC yari imaze igirana n’abanyamakuru bakorera ibyo bitangazamakuru hamwe n’abayobozi babyo, rigamije kubibutsa…

Soma inkuru yose

Intangiriro Mbi za 2026 Muri Rayon Sports n’Abafana Bayo Bugarijwe n’Agahinda

Hari ku wa Gatandatu tariki ya 10 Mutarama 2026, ku munsi usanzwe nk’indi minsi yose, aho benshi mu basenga bari bavuye mu Isabato, saa 18:30 nibwo umusifuzi yahushye mu ifirimbi atangiza umukino wa Super Cup 2025/2026 wahuje amakipe abiri akomeye mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports Uyu mukino wabereye kuri Sitade Amahoro, wari witabiriwe…

Soma inkuru yose

SHEMA Fabrice amuritse logo nshya ya rwanda women’s super league

none taliki 9 mutarama Umuyobozi wa ferwafa amuritse kumugaragaro rwanda women’s super league aho avuze kuri super cup izajya ihuza abagore ndetse no guteza imbere umupira wabagore, ikindi nuko avuze kuri supe cup izaba ejo kuwa 10 mutarama aho avuze ko tuzakira icyamamare kw’isi kurukuta rwa you tube mugihe hazaba hari gukurikirana hagati mumukino Ikindi…

Soma inkuru yose

Rayon sport yakoze imyitozo yimbatura mugabo yitegura super cup2025

Ikipe ya Rayon sport yakoze imyiteguro ikomeye yitegura gukina Super Cup 2025 kandi irangwa n’imbaraga nyinshi, aho abakinnyi bari kugaragaza ubushake bukomeye n’ishyaka ridasanzwe ryo kwitwara neza. Iyi myitozo iri kubera ku muvuduko wo hejuru (full-gas preparation), igaragaza ko iyi kipe ishaka kugera ku mukino ikiri ku rwego rwo hejuru mu mitegurire. Mu myitozo iheruka,…

Soma inkuru yose