Rayon Sports yeretse umuryango rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata umwanzuro wo kudahereza amasezerano rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed, wari umaze iminsi akorera igeragezwa (test) muri iyi kipe ikunzwe n’abafana benshi mu Rwanda. Nyuma yo gusuzuma urwego rwe mu myitozo n’uko yitwaye mu bihe bitandukanye by’igeragezwa, ubuyobozi n’abatoza ba Rayon Sports basanze atujuje ibisabwa kugira ngo agume muri…

Soma inkuru yose

Abakeba barahinda umushyitsi! MURERA yazanye Umunya-Misiri na Rutahizamu w’Umunya-Uganda

Ikipe ya Rayon Sports (MURERA) yiteguye kwinjira mu mwaka w’imikino iri gutanga ubutumwa bukomeye ku bahanganye na yo, aho bigaragara ko uyu mwaka ushobora kuba mahwi ukanaba mubi ku makipe menshi bizahura. Nyuma yo gukomeza kwiyubaka ku rwego rw’ubuyobozi n’abakinnyi, MURERA noneho yatangiye no gutunganya neza urwego rw’ubutoza, ibintu byakunze kuyigora mu bihe byashize. Amakuru…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

Rutsiro FC ihagaritse urugendo rwa Al Hilal SC idatsindwa

Ikipe ya Rutsiro FC yakoze amateka muri Rwanda Premier League itsinda Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino Al Hilal SC yari yayakiriyemo wabereye kigali pele stadiumu.wari urimo ishyaka, ubuhanga n’amarangamutima menshi, ihagarika urugendo rwa Al Hilal SC yari imazemo imikino myinshi idatsindwa muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mukino wabereye ku kibuga cya Al Hilal…

Soma inkuru yose

Bugesera fc yahaye isomo Rya Ruhago Rayon sport iyibutsa ko nayo ibyabaye itabyibagiwe

Mu mukino w’amatsiko wakiniwe kuri stade ya Bugesera, ikipe ya Bugesera FCyahaye isomo ikipe ya Rayon Sports iyitsinda nagasuzuguro kenshi 2-1,ni nimugihe abafana ba Rayon sport murera bari batambukije ubutummwa bavuga ko ibyabaye ubushize batabyibagiwe, nyamara kandi ikipe ya bugese nuko yari yarayitsinze 2-1 ubushize maze abafana ba murera batera amabuye , nanone yongeye irayisubira…

Soma inkuru yose

Police fc yatsinze Gasogi nta nkuru

Kigali, Pele Stadium – 12 Ukuboza 2025 Ku munsi wa 11 wa shampiyona Rwanda Premier League, Police FC yatsinze Gasogi United igitego 1–0, mu mukino wakunzwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru kubera umuvuduko n’ubuhanga byagaragajwe n’amakipe yombi. Elijah afungura amazamu ku munota wa 52’Nyuma y’igice cya mbere cyarimo gukumira cyane, Police FC yafunguye amazamu ku munota wa…

Soma inkuru yose

AL MERRIKH SC YATSINZE MARINE FC: DAOUDA BA ABAHESHA IBYISHIMO

Marine FC yo mu Rwanda ntiyabashije kwitwara neza mu rugendo rwayo rwa Rwanda premier league nyuma yo gutsindirwa na Al Merrikh SC igitego 1-0, mu mukino waberaga muri stade Pele stadium i nyamirambo. Ni umukino wari ukomeye cyane, wahuzaga amakipe yombi yaharaniraga kuzamuka kurutonde rwa championa. Igitego kime rukumbi nicyo cyabonetse mu mukino cyatsinzwe ku…

Soma inkuru yose

RPL na Prostar Sports mu masezerano y’imyaka 3

Rwanda Premier League yatangaje ko yinjiye mu bufatanye bw’imyaka itatu na Prostar Sports International, bugamije kugeza ku Rwanda imipira yemewe n’uruhare mpuzamahanga izajya ikoreshwa mu mikino yose ya shampiyona guhera mu 2026. Ni ubufatanye bwitezweho kuzamura urwego rw’umukino w’amaguru no kunoza uburyo amarushanwa ategurwa. Iri tangazo ryasohotse ku wa 9 Ukuboza 2025, rivuga ko Prostar…

Soma inkuru yose

Al Hilal SC Yisubije Igitinyiro Itsinda Mukura VS

Al Hilal SC yigaranzuye Mukura Victory Sports muri Rwanda Premier League nyuma yo gutwara amanota atatu yuzuye mu mukino w’umunsi wahuje aya makipe, itsinda 2-0 mu buryo bugaragaza imbaraga n’imyitwarire ya tekinike. Uyu mukino waranzwe n’intensité yo ku rwego rwo hejuru, ariko Al Hilal yerekanye ubushobozi n’ubukana nk’ikipe iri mu cyerekezo cyiza. Igitego cya mbere…

Soma inkuru yose