Kimenyi Yves yanenze imikorere y’amakipe yo mu Rwanda.

Umunyezamu Kimenyi Yves yagaragaje impungenge afite ku buryo amakipe menshi yo mu Rwanda acunga abakinnyi bayo, avuga ko hari ikibazo gikomeye cyo kudaha agaciro abakinnyi bamaze kumenyera uburyo ikipe ikinamo. Mu butumwa yashyize kuri Instagram kuri uyu wa Gatatu, yavuze ko bitumvikana uburyo amakipe arekura abakinnyi bamaze gusobanukirwa sisiteme y’ikipe, ahubwo agahitamo gushora amafaranga mu…

Soma inkuru yose

Umusifuzi Omar Artan yari agiye kwandikira amateka Somalia, ariko inzozi ze zisigara ku mupaka.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umusifuzi Omar Abdulkadir Artan yakiriwe nk’intwari ageze iwabo muri Somalia, nyuma yo gusubizwa aho yari avuye no kwangirwa kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu musifuzi wari waratoranyijwe na FIFA ngo azasifure Igikombe cy’Isi cya 2026 yari agiye kuba Umunya-Somalia wa mbere ugiye gusifura irushanwa rikomeye kurusha…

Soma inkuru yose

Urukundo rwa Saidi Lugumi na Alliah Cool rwaba rwarageze ku iherezo? Ibimenyetso bikomeje gutera urujijo

Mu minsi ishize, amazina ya Alliah Cool na Saidi Lugumi yakomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko havuzwe inkuru z’uko aba bombi baba bari mu mubano wihariye. Icyo gihe ibikorwa byabo byagaragaraga ku mbuga nkoranyambaga byatumaga benshi bakeka ko hagati yabo hari urukundo, nubwo nta n’umwe muri bo wari warigeze abyemeza ku mugaragaro. Kuri…

Soma inkuru yose

Kigali Universe yashyize abakunzi ba Amapiano mu bicu: Ese u Rwanda ruri kuba igicumbi gishya cy’imyidagaduro muri Afurika?

Mu minsi ishize, ibitaramo n’ibirori bya muzika bikomeje gufata indi ntera mu mujyi wa Kigali, cyane cyane nyuma y’igitaramo cya Amapiano cyabereye muri Kigali Universe cyitabiriwe n’abiganjemo urubyiruko. Abakunzi b’iyi njyana bavuga ko uburyo ibitaramo biri gutegurwa mu Rwanda bugenda burushaho kwegera urwego mpuzamahanga. Hari abemeza ko u Rwanda rushobora kuzaba kimwe mu bihugu bikomeye…

Soma inkuru yose

Murindahabi Irene yerekeje no mu gukora sinema, nyuma yu uko yakoraga itangaza makuru ndetse no kureberera inyungu z’abahanzi.

Murindahabi Irene umaze igihe mu itangazamakuru aho afite igitangazamakuru cyitwa MIE Entertainment kinyuzwaho ibiganiro bitandukanye, Aba aganira ni ibyamamare bitandukanye mu Rwanda, Murindahibi kandi yamenyekanye kuri televiziyo yitwa ISIBO TV mukiganiro cya The choice live, Isango star ndetse na Magic fm. Uyu kandi mumitsi ishize yatangajeko agiye gukora film yise isereri akazaba ari film yu…

Soma inkuru yose

Hadatunzwe itoroshi mu itangazamakuru rya sport imizinga yazabyara imyibano

Umunyamakuru wa siporo ukorera Rwanda Broadcasting Agency (RBA), Rugaju Reagan, yatangaje ko umubano we n’uwahoze ari mugenzi we Musangamfura Christian Lorenzo wamaze kugera ku ndunduro, ashimangira ko hari amakuru menshi amuziho ariko atarigeze ajya ahagaragara. Aba bombi bahoze bakorana muri Radio Rwanda, mbere y’uko Lorenzo ahava nyuma y’aho habaye umwuka mubi hagati yabo mu 2025,…

Soma inkuru yose

Inzoga Ziragira: Musanze Polisi yataye muri yombi uwenga inzoga Yahimbwe Ndakubiwe

Ubwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, ku bufatanye n’abaturage bo mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Musanze yamenyaga amakuru , yataye muri yombi umugabo ukekwaho kwenga no gucuruza inzoga yitwa Ndakubiwe, ariko we akayita “umutobe” mu rwego rwo kuyihisha no kuyigurisha nta bwoba. Uyu mugabo akekwaho kuba amaze igihe akora iyi nzoga…

Soma inkuru yose

Amateka atazwi ya Green Card: Impamvu yashyizweho n’ibyayikurikiye

Green Card, izwi ku izina rya Permanent Resident Card, yashyizweho bwa mbere mu 1950 mu gihe cy’ubuyobozi bwa Perezida Harry S. Truman. Ni muri icyo gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zikeneye uburyo buhamye bwo gucunga abimukira no kubaha uburenganzira bwo gutura no gukorera mu gihugu, nyuma y’ingaruka z’Intambara ya Kabiri y’Isi. Ikarita yari…

Soma inkuru yose

HEHE NA STRESS HAVUMBUWE UBURYO BUSHYA BWOKUYIRWANYA

Mu Bushinwa, urubyiruko rwadukanye uburyo budasanzwe bwo kwirwanyiriza umujagararo n’ibimenyetso bijyana na wo, nko guhangayika no kubura ibitotsi, rukonka tetine zizwi ubundi ko zagenewe abana, nubwo bavuga ko hari n’izabakuru Ubundi tetine zimenyerewe ku banaUrubyiruko rw’aho mu Bushinwa, ruhura na byinshi birutera umujagararo, nk’ibibazo bijyanye n’akazi, amikoro nko kubona ingwate ku nguzanyo, kwishyura imyenda baba…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose