Byinshi utaruzi kugakingirizo”U Rwanda kuwuhe mwanya mugukoresha agakingirizo?”

Udukingirizo ni kimwe mu bikoresho by’ingenzi mu kurwanya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina no gukumira inda zitateguwe. Ku isi hose, udukingirizo dukomeje gufatwa nk’imbarutso y’ubuzima rusange no guteza imbere iterambere ry’imiryango. Agakingirizo ka mbere kakoreshejwe mu kinyejana cya 16 mu Butaliyani, gakorwa mu ruhu rw’amatungo, mu 1920 havumburwa agakingirizo ka latex gakoreshwa kugera magingo aya….

Soma inkuru yose

Kicukiro: Umuryango wasohowe mu nzu nyuma yo gupfusha umukuru w’urugo wakoreye Itorero ry’Abaluteri imyaka 21

Mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Nyarugunga, haravugwa inkuru ibabaje y’umuryango wasohowe mu nzu ukabura aho werekeza. Uyu muryango ukaba wahise werekeza ku cyicaro gikuru cy’Itorero ry’Abaluteri mu Rwanda, ariko nyuma y’urupfu rw’umukuru wawo wari umaze imyaka igera kuri 21 akorera iri torero, ngo ntiwongeye gufashwa kugeza ubwo wasohowe mu nzu wari utuyemo. Amakuru yemeza…

Soma inkuru yose

“Twara akazi kawe, : Gitifu w’Umurenge wa Nkomane mu magambo akomeye asubiza Mayor

Mu karere ka Nyamagabe, haravugwa inkuru yateje AMAGAMBO nyuma y’uko Gitifu w’Umurenge wa Nkomane asubije Mayor we Hildebrand Niyomwungeri mu buryo bwatunguye benshi. Byatangiye ubwo Gitifu yari mu kiruhuko (congé), maze Mayor amuhamagara kugira ngo amwibutse inshingano zimurindiriye. Mu kumusubiza, Gitifu yavuze amagambo akomeye ati: “Twara akazi kawe, nari ndambiwe ko uncunaguza n’intonganya zawe.” Aya…

Soma inkuru yose

RDC: Umukino wahindutse imvururu i Kinshasa nyuma yo gutsindwa na Senegal

Umujyi wa Kinshasa wabaye isibaniro ry’imvururu ku munsi w’ejo, nyuma y’umukino wahuje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)Leopards na Senegal mu mukino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi (World Cup Qualifiers). Ikipe ya Senegal yatsinze RDC ibitego 3-2,  aha ariko ni mugihe ikipe ya congo yari yabanje ibitego 2 kubusa nyuma Senegare iza gukora come back…

Soma inkuru yose

Ese ibi bintu biramugwa amahoro?

Urwego rw’Igihugu  rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Straton ni  nyuma yo gufatirwa mu bikorwa byo kwiyitirira inzego z’umutekano abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Uyu musore yafashwe amaze gushyira ku rubuga rwa TikTok amafoto yambaye impuzankano isa n’iy’Urwego rw’Ubugenzacyaha, ibintu byateje urujijo no gushidikanya ku baturage. Nk’uko amakuru yagiye hanze abivuga, Straton…

Soma inkuru yose

Iyo nzira ica iwanyu? “Yolo the Queen asubiza umufana”

Umugore Yolo the queen umenyerewe mu myidagaduro yaganirije abamukurikira atanga rugari kubifuza kumubaza ibibazo bashaka akagenda abasubiza binyuze mubutumwa bugufi chat hanyuma akabisangiza abamukurikira. Umwe mu bafana be yamubwiye kuyoboka inzira y’ubugingo akava mu byaha yagize ati Va mu byaha ukizwe kuko inzira y’umunyabyaha ari urupfu ariko inzira y’umukiranutsi n’ubugingo buhoraho. Yolo the queen nta…

Soma inkuru yose

Tumwe mu dushya twaranze igitaramo cya Iwacu muzika cyabereye i Nyagatare

Kuruyu wa 19 nyakanga 2025 mu karere ka Nyagatare habereye igitaramo cya iwacu muzika,nigitaramo kitabiwe n’ibihumbi byinshi byiganjemo urubyiruko rutuye hirya no hino muturere two mu ntara Y’uburasirazuba. Abanyarwenya barimo Kanyombya,Burikantu na Buringuni bari mukoze udushya twanyuze abafana babo cyane cyane cyane mumihanda bagenda berekeza aho igitaramo kirimo kubera,banyuzagamo,ubwo bageraga muri aka karere bakiwe bikomeye…

Soma inkuru yose

Ikinyarwanda cyinshi muri comment za Lugumi said

Ikinyarwanda kinshi muri comments za Lugumi said umukunzi wa Mutesi Jolly. Abanyarwanda benshi cyane abakoresha imbuga nkoranya mbaga bagiye bereka urukundo umunyemari Lugumi said. Uyu munyemari yashize iphoto ye kurubuga rwe rwa Instagram ayiherecyeza indirimbo ivuga ngo muraho abanyarwanda benshi bamuha ikaze muri comments bakoresha ikinyarwanda Bamwe bati Uzatware Mutesi Jolly mwibanire imyaka yose usigaje…

Soma inkuru yose