POLICE Y’U RWANDA KUBUFATANYE NA RIB YATANGIJE IPEREREZA KU BACURUZI BAHINDURA UTUVIDO TWARIMO JUS YA SALAMA

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) yatangaje ko yatangije iperereza rigamije gukurikirana abacuruzi bagaragara mu mashusho acicikana ku mbuga nkoranyambaga bahindura uduvido twarimo Jus ya Salama, bamaze iminsi bahagaritse ku isoko n’inzego zibifitiye ububasha . Amashusho yashyizwe hanze agaragaza abantu batandukanye barimo gusimbuza ibirango bya Salama Juice ku mavideyo, bakabomekaho ibirango bishya…

Soma inkuru yose

Imodoka ya Trinity iguye ku Gaseke: Abagenzi barakomereka bikomeye!

Impanuka ikomeye y’imodoka ya kompanyi itwara abagenzi ya Trinity Express yabereye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ahazwi nko ku Gaseke, mu Karere ka Gicumbi, itera ibikomere bikomeye ku bantu barenga icumi mubari mumodoka. Amakuru yemejwe n’ababonye ibyabaye avuga ko imodoka yari iturutse mu Mujyi wa Kigali yerekeza mu Ntara y’Amajyaruguru, igahura n’ikibazo cy’amapine cyangwa…

Soma inkuru yose

Abagura amatelefone yakoreshejwe ya second hand baratabaza nyuma yo guhura n’ubwambuzi n’uburiganya

Bamwe mu baturage bagura amatelefone bita “occasion” bakomeje gutabaza nyuma yo kugura ibyo bikoresho bigapfa mu gihe gito cyangwa bakaza kwitaba inzego z’umutekano bashinjwa ko baguze ibijurano. Ibi bibazo byongeye kugaragara mu gihe ubuyobozi bushishikariza abaturage kugurira ibikoresho by’ikoranabuhanga mu bacuruzi bemewe cyangwa mu makoperative yanditse . Abenshi muri abo baguzi bavuga ko bagorwa no…

Soma inkuru yose

RIB yafashe uwiyitaga umuprofeti arashinjwa kwambura abaturage abizeza ibitangaza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda, rwataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel, wiyitaga umuvugabutumwa, ukurikiranyweho gukoresha inyigisho z’ubuhanuzi mu buryo bw’uburiganya agamije kwambura abaturage amafaranga kubatari kumusobanukirwa niwe wagaragaye kumashusho avvuga ko nukora mmummufuka ibyo ukurammo yaba contake,ammafaranga imana iragukubira 5. Uyu mugabo yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga kandi atanga ubuhanuzi avuga ko…

Soma inkuru yose

Kicukiro: Abanyeshuri batatu b’abanyamahanga muri UNILAK mu maboko ya Polisi nyuma yo gukubita abamotari

Mu masaha yo ku mugoroba wo ku wa 20 Ukwakira 2025, mu Kagari ka Nyarurama, Umurenge wa Gatenga, hatangajwe itabwa muri yombi ry’abanyeshuri batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya UNILAK bakekwaho gukubita no gukomeretsa abamotari babiri bari bahagaritse moto hafi y’amacumbi yabo. Amakuru y’iperereza yemeza ko amakimbirane yatangiye ku kutumvikana ku kwishyura nyuma yo gutwara…

Soma inkuru yose

RIB yerekanye ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge muri ‘Operasiyo USALAMA XI’

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye n’izindi nzego zirimo Polisi y’u Rwanda, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB), Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RICA) ndetse n’Umujyi wa Kigali, rweretse itangazamakuru ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro karenga miliyoni 106 Frw byafatiwe mu gikorwa cyiswe “Operasiyo USALAMA XI.” Iyi Operasiyo ngarukamwaka…

Soma inkuru yose

Nyarugenge: Imodoka ebyiri zagonganye zikubita namoto imbere y’Umurenge wa Nyakabanda

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyakabanda, habereye impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye ahazwi nka High Table neza neza mumarembo yayo, hafi y’ibiro by’Umurenge. Amakuru ku byabaye atangazwa numunyamakuru wa mavete.com nkumumu waruhibereye avuga ko imodoka imwe yamanukaga iva ku murenge igonganye n’indi yavaga ahazwi nko kwa Kibonke, zikubitana…

Soma inkuru yose

Ijoro niryo ryabo: Kamonyi Ibyo Howo yakoze birenze impanuka

Abatuye mu Karere ka Kamonyi barasaba inzego zibishinzwe Rwandapolice PrimatureRwanda ,RwandaLocalGov, RwandaSouth gushyiraho amabwiriza ahamye agenga ikoreshwa ryumuhanda kumakamyo manini ya Howo, nyuma hari ikamyo yakoze impanuka iteye ubwoba mu masaha y’iva kwishuri ry’abanyeshuri ikabaribata. Ni mu gihe abaturage bavuga ko aya makamyo akora cyane mugihe haba hari urujya n’uruza rw’abantu benshi barimo abanyeshuri, abacuruzi…

Soma inkuru yose

Maj Gen Vincent Gatama asimbuye Maj Gen Emmy Ruvusha mu buyobozi bw’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Cabo Delgado

Cabo Delgado, 10 Ukwakira 2025 – Mu muhango wabereye ku cyicaro gikuru cy’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Mozambique, giherereye mu Karere ka Mocímboa da Praia, habaye guhererekanya ubuyobozi hagati ya Maj Gen Emmy K. Ruvusha na Maj Gen Vincent Gatama. Maj Gen Ruvusha, wari umaze umwaka ayobora ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Cabo Delgado,…

Soma inkuru yose