Bruce Melodie na The Ben batembereje abafana mu modoka Nshya i Musanze

Mu mpera z’iki cyumweru, tariki ya 13 Kamena 2026, urugendo rw’ibitaramo bya Summer Country Tour 2026 rwahuje ibihangange mu muziki w’u Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, rwatangiranye udushya twinshi mu Mujyi wa Musanze. Iyi nkuru yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru kubera “Bus” nshya n’ipiganwa ry’amateka ryaranze uru rugendo. Mbere y’uko ibitaramo bitangira, hashyizwe ahagaragara imodoka…

Soma inkuru yose

Urubyiruko rwakanguriwekwizigama no gushora Imari

Urubyiruko rwibukijwe ko kwizigama no gushora Imari atari iby’abakuze gusa byashyizwe ahagaragara ku wa 10 Kamena 2026 mu isozwa ry’inama ya Capital Youth Forum 2026 yabereye muri Kigali Convention Center. Uyu munsi wahuje ibigo by’ishoramari n’urubyiruko rwo muri kaminuza zitandukanye z’u Rwanda, wasoje uruzinduko rw’ibyumweru bitatu rwasuraga intara zose zigize igihugu. Muri uru ruzinduko, abanyeshuri…

Soma inkuru yose