Bruce Melodie na The Ben batembereje abafana mu modoka Nshya i Musanze
Mu mpera z’iki cyumweru, tariki ya 13 Kamena 2026, urugendo rw’ibitaramo bya Summer Country Tour 2026 rwahuje ibihangange mu muziki w’u Rwanda, Bruce Melodie na The Ben, rwatangiranye udushya twinshi mu Mujyi wa Musanze. Iyi nkuru yagarutsweho cyane mu bitangazamakuru kubera “Bus” nshya n’ipiganwa ry’amateka ryaranze uru rugendo. Mbere y’uko ibitaramo bitangira, hashyizwe ahagaragara imodoka…

