Filime nshya ya Rugaba na Madederi ikomeje kuvugisha benshi
Mu rugendo rwa sinema nyarwanda ikomeje gutera imbere no kugera ku rwego mpuzamahanga, abahanzi n’abatunganya filime bakomeje gushaka inkuru zifite ubutumwa bukomeye kandi zegereye ubuzima bwa buri munsi. Muri uwo murongo ni ho haturuka filime nshya yakinwe na Rugaba Emmanuel afatanyije na Madederi, ishingiye ku nkuru yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo watumujeho indaya,nyuma agatungurwa…

