Umurwayi wa mbere wa Ebola yagaragaye i bukavu

Ubuvugizi b`umutwe wa AFC/M23 buyoboye intara ya Kivu y’Amajyepfo, bwemeje ko hari umuntu wagaragaweho icyorezo cya Ebola, mu mujyi wa Bukavu, uhana imbibi n’u Rwanda, ndetse byarangiye inamuhitanye. Lawrence Kanyuka akaba n`muvugizi wa AFC/M23, yanditse kuri X yahoze yitwa twitter ko “hari uwasanzwemo Ebola mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu mujyi wa Bukavu.” Nanone kandi…

Soma inkuru yose

Mu Rwanda umubare wababyaza ukomeje kuba muke ugereranyije n`ababyeyi bitaho

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Habonetse ababyaza barenga 2,400 ariko uyu mubare uracyari muke ugereranyije n’abo bagomba guha serivisi, Ibi byatangajwe n`Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU) U Rwanda rwifatanya n’Isi kwizihiza umunsi wahariwe ababyaza tariki ya 5 Gicurasi buri mwaka André Gitembagara [Perezida w’Urugaga rw’Abaforomo n’Ababyaza mu Rwanda (RNMU)] yatangaje ko nyuma…

Soma inkuru yose