Lionel Richie yafashe ikemezo gikomeye cyo kurinda ijwi rye gukopororwa na AI

Umuhanzi w’icyamamare ku isi Lionel Richie yinjiye mu rugamba rukomeye n’ikoranabuhanga rya AI (Ubwenge Buhangano) asaba kwandikisha amagambo n’amajwi ye mu buryo bw’amategeko nk’ibirango by’ubucuruzi (TradeMarks) kugira ngo akumire amakampani y’ikoranabuhanga rigezweho ashobora kwigana ijwi rye cyangwa akaza mu nyungu zaryo adafite uruhushya. Iyi nkuru yakwiriye ku mbuga zitandukanye nka Mavete.com,Billboard, ndetse na Telegraph, igaragaza…

Soma inkuru yose