Ubukwe bwa Jidenah wa Kigali Protocol na Umwali Teta, Ibyishimo Bihebuje
Umunyamakuru akaba n’umwe mu bashinzwe ikompanyi ya Kigali Protocol, Umukundwa Josue uzwi cyane nka Jidenah, yakoze ubukwe n’umukunzi we Umwali Teta mu birori by’agatangaza byitabiriwe n’inshuti, abavandimwe ndetse n’abandi bantu b’ibyamamare nyarwanda . Ibi birori bibereye ijisho byabaye ku wa Gatandatu 20 Kamena 2026. Aho ku mpande zombi byari umunezero w’akataraboneka, abakunzi b’abo bombi bakiriye…

