Perezida wa Somalia yahumurije Omar Artan nyuma yo kwangirwa kwinjira muri Amerika.

Perezida wa Somalia, Mohamed Farmaajo, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni n’umusifuzi mpuzamahanga Omar Artan nyuma y’uko yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibintu byamubujije kuzuza inzozi ze zo gusifura Igikombe cy’Isi cya 2026. Perezida Farmaajo yavuze ko yifuje kumwereka ko igihugu cyose kimuri inyuma muri ibi bihe bikomeye, anamwibutsa ko akomeje kuba…

Soma inkuru yose

Thierry Henry yandikiwe amateka muri New York: Umuhanda wamwitiriwe kubera ibigwi bye muri ruhago.

Umunyabigwi w’umupira w’amaguru Thierry Henry yongeye guhabwa icyubahiro gikomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko umwe mu mihanda yo mu Mujyi wa New York wamwitiriwe ku mugaragaro. Iki gikorwa cyabaye ku wa 10 Kamena 2026, kigamije guha agaciro uruhare rukomeye uyu Munyafaransa yagize mu iterambere rya ruhago muri uyu mujyi ndetse no muri…

Soma inkuru yose

RDC yatsinzwe na Chile mu mukino wa gicuti.

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) ntiyahiriwe n’umukino wa gicuti wayihuje na Chile, nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bufaransa mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’amakipe yombi mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni umukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba ruhago bo muri RDC, cyane ko iyi kipe ikomeje kubaka…

Soma inkuru yose

Portugal yatsinze Nigeria, ariko amaso yose yari kuri Cristiano Ronaldo wananiwe kubona izamu.

Ikipe y’Igihugu ya Portugal yakomeje gutanga icyizere mbere y’itangira ry’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda Nigeria ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye muri Stade Dr. Magalhães Pessoa i Leiria. Ni umukino waranzwe n’ishyaka ku mpande zombi, aho Portugal yashakaga gusoza imyiteguro yayo neza mbere yo kwinjira muri iri rushanwa rikomeye rizabera muri Amerika,…

Soma inkuru yose

Umusifuzi Omar Artan yari agiye kwandikira amateka Somalia, ariko inzozi ze zisigara ku mupaka.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, umusifuzi Omar Abdulkadir Artan yakiriwe nk’intwari ageze iwabo muri Somalia, nyuma yo gusubizwa aho yari avuye no kwangirwa kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu musifuzi wari waratoranyijwe na FIFA ngo azasifure Igikombe cy’Isi cya 2026 yari agiye kuba Umunya-Somalia wa mbere ugiye gusifura irushanwa rikomeye kurusha…

Soma inkuru yose

Messi yagarutse atsinda, Argentina itsinda Iceland ibitego bitatu mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Argentine yakomeje kwerekana imbaraga mu myiteguro y’amarushanwa mpuzamahanga nyuma yo gutsinda Iceland ibitego 3-0 mu mukino wa gicuti wabereye muri Leta ya Alabama muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mukino wari umwe mu igize gahunda yo gukomeza gutyaza ikipe mbere y’amarushanwa ateganyijwe mu bihe biri imbere. Argentine yafunguye amazamu hakiri kare…

Soma inkuru yose

Cristiano Ronaldo yaraye yegukanye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite

Cristiano Ronaldo uri mu bambere muri ruhago, yatwaye Igikombe cya Shampiyona ya Arabie Saoudite muri uyu mwaka w`imikino wa 2025/2026 ku nshuro ya mbere kuva yagera muri Al Nassri, acyongera ku bindi bikombe asanzwe afite. Cristiano Ronaldo yageze muri Al Nassr yo muri Saudi Pro League muri 2022, aho yari aje kuyikinira ndetse no kuyihesha…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gutwara igikombe Arsenal FC yashimwe na Perezida Kagame

Arsenal FC ikaba n’umufatanyabikorwa wa Visit Rwanda yashimwe bikomeye na Perezida w`u Rwanda H.E Paul Kagame nyuma yuko yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza cya 2025/2026. Nyuma y’umukino AFC Bournemouth yanganyijemo na Manchester City igitego 1-1 ku wa 19 Gicurasi 2026, Arsenal FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza. Byatumye Man City igira amanota 78,…

Soma inkuru yose

Enzo Maresca mu nzira zo gusimbura Pep Guardiola

Pep Guardiola umutoza mukuru wa Manchester City nyuma yo kumenyesha ubuyobozi biyi kipe ko batazakomezanya nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26, Birakekwa ko ashobora gusimburwa na Enzo Maresca. Uyu mutoza Pep yageze muri Manchester City mu mwaka wa 2026 aza asimbura Pellegrini Manuel, aza muburyo bwo gufasha iyi kipe kuba muzikomeye muri Shampiyona y`abongereza, nk’uko…

Soma inkuru yose

Impinduka zikomeye mu bakinnyi bazifashishwa n`u Bufaransa mu Gikombe cy’Isi

Didier Deschamps Umutoza w’Ikipe y’u Bufaransa yemeje abakinnyi azifashisha mu Gikombe cy’Isi kizaba mu mpeshyi aho ubusatirizi bwe buzaba buyobowe na Ousmane Dembélé ufite Ballon d’Or iheruka ndetse na Mbappe. Uwinjije ibitego 57ariwe Olivier Giroud ni we mukinnyi wenyine urusha Mbappé ufite ibitego 56 mu Ikipe y’u Bufaransa ndetse uyu mukinnyi wa Real Madrid akaba…

Soma inkuru yose