RDC yatsinzwe na Chile mu mukino wa gicuti.

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Léopards) ntiyahiriwe n’umukino wa gicuti wayihuje na Chile, nyuma yo gutsindwa ibitego 2-1 mu mukino wabereye mu Bufaransa mu rwego rwo gukomeza imyiteguro y’amakipe yombi mbere y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni umukino wari utegerejwe cyane n’abakunzi ba ruhago bo muri RDC, cyane ko iyi kipe ikomeje kubaka…

Soma inkuru yose

Gen Christian Tshiwewe yagejejwe imbere y’urukiko ashinjwa ubugambanyi.

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwakuruye amarangamutima ya benshi rwatangiye kuburanishwa nyuma y’uko uwahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, Gen Christian Tshiwewe Songesha, agejejwe imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa. Uyu musirikare wari umwe mu bayobozi bakomeye mu nzego z’umutekano ashinjwa ibyaha bikomeye birimo ubugambanyi, umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa…

Soma inkuru yose

Icyoreza cya Ebola cyongereye ubukana mu mugi wa Goma

Uyu munsi tariki 17/05/2026, Umujyi wa Goma uri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagaragayemo umurwayi wa mbere wa Ebola. Aya makuru yose yemejwe nuyobora Ikigo cya Republica iharanira Democracy ya Congo gishinzwe ubushakashatsi mubijyanye by’ubuvuz, Professor Jean Jacques Muyembe. Professor Jean Jacques yavuze ko umurwayi wambere wagaragaye i Goma yari umugore w’umugabo uherutse kwicwa…

Soma inkuru yose

Amagambo akomeye ya Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe ku bacanshuro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Dr.Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rutazongera kwihanganira kwemerera guha inzira abacanshuro boherezwa gufasha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu ntambara ikomeje hagati y’ingabo zayo n’umutwe wa M23. Ibi yabivuze mu gihe hakomeje kuvugwa ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gukoresha abacanshuro baturuka mu bindi bihugu, ariko iyo batsinzwe bagasaba…

Soma inkuru yose