Amaso yose kuri CAF nyuma yo gusubika itangwa ry’igikombe cya AFCON 2029–2035

Icyizere cyiyongera mu bihugu byamaze kugaragaza ko byifuza kwakira Igikombe cya Afurika (AFCON) mu mezi ari hagati ya 2029 na 2035, nyuma y’uko inama iheruka ya CAF Exco itafashe umwanzuro wa nyuma. Bihangayikishije abakunzi b’umupira w’amaguru, CAF yafashe umwanzuro wo gusubika itangwa ry’uburenganzira, kugira ngo hakomeze isuzuma ryimbitse ku bihugu byari byamaze gushyira imbere kandidatire…

Soma inkuru yose

Gitisi TSS: Animatrice na Animateur Ibirenge byabo byerekeza mu bucamanza nyuma y’inkoni

Ruhango- Gitisi TSS hagaragaye icyuho mu miyoborere ubwo abanyeshuri bakubiswe kugera bajyanwe kwa muganga , ni Mu gihe kandi ibigo by’imyuga n’ubumenyingiro bikomeje gufatwa nk’inzira y’iterambere ry’urubyiruko mu Rwanda, ku wa 19 Ugushyingo 2025 i Gitisi–Ruhango habaye igisa n’isomo rikomeye kubarezi bitwaza guhana abanyeshuri bakabakubita ndetse bakabakomeretsa, hagaragazwa uburezi bushingiye ku burere bwiza, nyuma y’uko…

Soma inkuru yose

Police FC Extends Their Lead at the Top of the Rwanda Premier League Table

Police FC secured a hard-fought 2–1 victory over Gicumbi FC in a dramatic league match played Saturday evening at the Kigali Pelé Stadium. Despite conceding first, the law-enforcement side showed strong resilience and tactical discipline to overturn the result before the final whistle. Gicumbi FC broke the deadlock in the 18th minute, capitalizing on a…

Soma inkuru yose

Abanyamuryango ba VIBE bakomeje amahugurwa ku buziranenge ku munsi wa kabiri i Musanze

Amahugurwa y’iminsi ine ku bijyanye n’ubuziranenge akomeje guhuza abanyamuryango ba VIBE mu Karere ka Musanze, aho kuri uyu wa gatatu tariki 19 Ugushyingo 2025 hakomezaga umunsi wa kabiri w’aya mahugurwa ari kubera muri Home Inn Hotel. Aya mahugurwa ari gutangwa ku bufatanye bw’inzego zitandukanye zirimo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge (RSB), Ikigo RICA ikigo cy’igihugu gishinzwe…

Soma inkuru yose

Abanyamuryango ba VIBE batangiye amahugurwa y’iminsi ine ku buziranenge i Musanze

Guhera kuri uyu wa 18 Kanama kugeza ku wa 21 Kanama 2025, Abanyamuryango bakora ibijyanye n’o kongerera agaciro ibikomoka kubuhinzi n’ubworozi ‘VIBE’ batangiye amahugurwa y’iminsi ine agamije kubongerera ubumenyi ku buziranenge bw’ibiribwa n’imikorere iboneye mu bucuruzi. Aya mahugurwa ari kubera mu Karere ka Musanze, muri Home Inn Hotel, ahahurije inzego zitandukanye z’ubuziranenge n’ubuyobozi bukuriye uru…

Soma inkuru yose