Cabo Delgado: U Rwanda rugiye gutangiza icyicaro cya gisirikare kizahindura amateka muri Afurika

U Rwanda rukomeje kugaragaza umwihariko mu bikorwa byo kugarura amahoro no kurwanya iterabwoba muri Afurika. Nyuma y’igihe kitari gito rugaragara mu bikorwa byo gucunga umutekano n’ubutumwa bw’amahoro, ubu igihugu kiri gutera indi ntambwe igaragara: kuba igihugu cya mbere muri Afurika kigira icyicaro cya gisirikare gihoraho mu kindi gihugu cya Afurika. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano…

Soma inkuru yose

RURA yazamuye ingano y’amashanyarazi acibwa make mu ngo: Ese ni intambwe nshya mu kugera kuri ‘Electricity for All’?

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko ruvuguruye ibiciro by’amashanyarazi mu Rwanda, mu rwego rwo gukomeza gushyigikira gahunda yo kugeza umuriro kuri bose no korohereza ingo ku rwego rw’ibanze. Muri iri vugurura, icyiciro cya mbere cy’ingo cyari gisanzwe gifite uburenganzira bwo gukoresha kilowate 15 ku giciro gito, cyongerewe kigera kuri kilowate 20, aho zizajya zishyurwa amafaranga 86…

Soma inkuru yose

Nyarugenge: Inama ku mikorere ya SACCOs n’uruhare rwa BDF mu guteza imbere ubucuruzi”

Ku wa Gatatu, tariki ya 17 Nzeri 2025, ku cyicaro cy’Akarere ka Nyarugenge habereye inama ngarukagihembwe y’ubukangurambaga ku mishinga ibyara inyungu ikorerwa abaturage. yahuje inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no guteza imbere ubucuruzi n’imishinga mito n’iciriritse. Iyi nama yatangiriye saa tatu za mu gitondo (09h00) ikaba yari igamije kurebera hamwe uko ibikorwa bigenda, kuganira ku…

Soma inkuru yose

Ese E-ndangamuntu izahindura uburyo bw’amatora mu Rwanda?;NEC, NIDA na RISA mu biganiro bishya

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nzeri 2025, ku cyicaro cy’Urukiko rw’Amatora (NEC) habereye inama ikomeye yahuje abayobozi b’inzego eshatu z’ingenzi mu miyoborere no mu ikoranabuhanga mu Rwanda, arizo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA) n’Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho no mu Isakazabumenyi (RISA). Iyi nama yari igamije kurebera hamwe uburyo…

Soma inkuru yose

Mukabunani Christine asubije Europarl: Opozisiyo y’u Rwanda ifite ijwi riyivugira

Depite Mukabunani Christine, umwe mu bahagarariye abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yagaragaje ko atishimiye uburyo bamwe mu banyapolitiki bo mu Nteko y’u Burayi (European Parliament) bashaka kugaragaza ko aribo bahagarariye ijwi ry’abanyarwanda batavuga rumwe n’ubutegetsi. Yagize ati: “Ntabwo dushaka ko @Europarl_EN ivugira opposition y’u Rwanda kuko natwe tuzi kuvuga.” Ibi yabivugiye mu gihe…

Soma inkuru yose

Nyarugenge: Umushoferi w’imodoka agonze umumotari ahita yiruka

Ku mugoroba wo kuri iyitariki ya 15 Nzeri 2025, saa mbili n’iminota 36 (20:36), mu karere ka Nyarugenge, umurenge wa Rwezamenyo, akagali ka Kabuguru ya 1 ahazwi nko kuri cafe du ciecre munsi ya depo yinzoga , habereye impanuka ikomeye y’imodoka aho umushoferi wimodoka yamanukaga agana nyabugogo atururuka inyuma umumotari ahungira munzira y’abanyamaguru imusangayo ihita…

Soma inkuru yose

Kicukiro: Umuryango wasohowe mu nzu nyuma yo gupfusha umukuru w’urugo wakoreye Itorero ry’Abaluteri imyaka 21

Mu karere ka Kicukiro, umurenge wa Nyarugunga, haravugwa inkuru ibabaje y’umuryango wasohowe mu nzu ukabura aho werekeza. Uyu muryango ukaba wahise werekeza ku cyicaro gikuru cy’Itorero ry’Abaluteri mu Rwanda, ariko nyuma y’urupfu rw’umukuru wawo wari umaze imyaka igera kuri 21 akorera iri torero, ngo ntiwongeye gufashwa kugeza ubwo wasohowe mu nzu wari utuyemo. Amakuru yemeza…

Soma inkuru yose

APR FC yiteguye umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu muri CECAFA Kagame Cup

c Umutoza mukuru wa APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi 11 azabanza mu kibuga, abenshi muri bo bakaba bafite ubunararibonye mu mikino mpuzamahanga ndetse baranagaragaje uruhare rukomeye mu rugendo rw’ikipe mu matsinda. Umunyezamu Ishimwe Pierre ni we ugiye kuba ku isonga mu izamu, mu gihe mu bwugarizi hazaba harimo Omborenga Fitina, Buregeya Prince, Rugwiro Herve na…

Soma inkuru yose

Rayon Sports Women yanditse amateka, igera ku mukino wa nyuma wa CECAFA Champions League Qualifiers

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore (Rayon WFC) ikomeje kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’abari n’abategarugori mu Rwanda, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Women’s Champions League Qualifiers. Ni ubwa mbere iyi kipe imaze igihe gito ishinzwe ibashije kugera ku rwego nk’uru, bikaba byanditse amateka mashya mu mateka y’umupira w’abagore mu…

Soma inkuru yose

Iserukiramuco rya Sinema “Mashariki African Film Festival” ku nshuro ya 11 rizasohoka mu ntara z’igihugu

Iserukiramuco mpuzamahanga rya sinema “Mashariki African Film Festival” rigiye kuba ku nshuro ya 11, rikaba riteganyijwe kubera mu Rwanda muri uku kwezi. Ni iserukiramuco ryamamaye mu gutaramira abakunzi ba sinema, ryahurizaga i Kigali abahanzi n’abategura filime baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika no hanze yawo. Ku nshuro ya 11, iri serukiramuco rifite…

Soma inkuru yose