Cabo Delgado: U Rwanda rugiye gutangiza icyicaro cya gisirikare kizahindura amateka muri Afurika
U Rwanda rukomeje kugaragaza umwihariko mu bikorwa byo kugarura amahoro no kurwanya iterabwoba muri Afurika. Nyuma y’igihe kitari gito rugaragara mu bikorwa byo gucunga umutekano n’ubutumwa bw’amahoro, ubu igihugu kiri gutera indi ntambwe igaragara: kuba igihugu cya mbere muri Afurika kigira icyicaro cya gisirikare gihoraho mu kindi gihugu cya Afurika. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano…

