Prince Kiiz yifatanyije na La Reïna:Ibyo utari uzi ku EP ya mbere ya La Reïna

Umuhanzikazi Uwimanzi Oda Martine, uzwi mu muziki nka La Reïna, ari mu myiteguro yo gusohora EP ye ya mbere yise “1”, igikorwa kigaragaza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki. Iyi EP igizwe n’indirimbo esheshatu zirimo Désolé, Nzaba Mpari, Mama, Tell Me, ndetse na Promise yakoranye n’umunyamuziki Prince Kiiiz. Biteganyijwe ko izajya hanze ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

CHICAGO: Urukiko rwa Leta rutegetse gutabara abimukira bafungiye mu mibereho mibi

Urukiko rwa Leta yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruri mu gace ka Chicago rwasabye ndetse rutegeka inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka (ICE) gukoresha ingamba zihuse zo kunoza imibereho y’abimukira bafungiye mu kigo cya Kane County Immigration Facility, nyuma y’uko hari itsinda ry’abafunzwe ryagejeje ikirego mu rukiko rivuga ko bari kubaho mu mibereho itemewe n’amategeko,…

Soma inkuru yose

MINISITERI YA SIPORO YAKIRIYE IHURIRO RY’ABAKINNYI BA OLEIMPIKE MU RWANDA

Ubuyobozi bwa Minisiteri ya Siporo kumunsi wejo bwakiriye itsinda ry’Ihuriro ry’Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino Olempike mu myaka yatambutse, rizwi nka Rwanda Olympians Organization, bari kumwe n’intumwa zavuye muri Komite Olempike y’u Rwanda (Rwanda Olympic Committee). Uru ruzinduko rwagaragaye nk’urushimangira ubufatanye n’uruhare rw’aba bakinnyi mu iterambere rya siporo y’igihugu. Ibi biganiro byibanze cyane ku…

Soma inkuru yose

BUGESERA YANGIYE RWANDA PREMIER LEGUE GUKINA IMIKINO ITARI KUNGENGABIHE

Ikipe ya Bugesera FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yandikiye ubuyobozi bwa RPL ibamenyesha ko ititeguye gukina umukino itari yateguriwe mu igenamigambi ryayo ry’amarushanwa, isaba ko uwo mukino wimurirwa igihe giteganyijwe n’ingengabihe ya shampiyona. Ibaruwa yasinywe n’Umuyobozi wa Bugesera FC, Rutayisire M. Jackson, yo ku wa 4 Ugushyingo 2025, igaragaza…

Soma inkuru yose

JEAN PIERRE KAGABO YASEZEYE MURI RBA NYUMA Y’IMYAKA 22 AKORA ITANGAZAMAKURU

Jean Pierre Kagabo, umwe mu banyamakuru bakurikiranwaga cyane muri Rwanda Broadcasting Agency (RBA), yasoje urugendo rwe rw’imyaka 22 muri iki kigo nyuma y’akazi gakomeye kagaragayemo ubwitange, ubunyamwuga ndetse n’ubutabera bw’amakuru yo kuvugira baturage. Kagabo yatangiye urugendo rwe mu itangazamakuru mu mwaka wa 2003, agitangira kwiga muri kaminuza. Yatangiriye kuri radiyo z’abaturage, aho yatangiriye kuri RC…

Soma inkuru yose

ABAHANZI NYARWANDA BARI GUHIRWA NUKWEZI KWA 11 KUBERA IBITARAMO

Ukwezi kwa 11 kwa 2025 kuzaba igihe cy’intsinzi n’ibyishimo ku bahanzi nyarwanda batandukanye, aho ibikorwa byabo by’ubuhanzi n’ubusabane byongeye kwerekana ko umuziki nyarwanda uri ku rugero rwo hejuru kandi ugenda utera imbere umunsi ku wundi.Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 3 Ugushyingo 2025, umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali nyuma y’imyaka 17 ataratera…

Soma inkuru yose

Nyuma yo gusurwa na FERWAFA: Amavubi U-17 basigiwe iki mbere ya CECAFA?

Kuri uyu mugoroba, Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) buyobowe na Perezida Fabrice Shema, bwasuye Ikipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) aho iri gukorera imyitozo mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA izaba mu minsi iri imbere. Iyi mikino ya CECAFA U-17 ni yo izatanga itike ku makipe azaserukira akarere ka Afurika y’Iburasirazuba…

Soma inkuru yose

ESE KIVUMBI KING YABA AJYIYE GUSINYA MURI 1:55 AM? AMAKURU Y’INDANI

Amakuru atugeraho avuga ko umuhanzi Kivumbi King yaba yamaze kugera mu biganza by’inzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM, isanzwe ikorana n’inkingi za mwamba mu muziki nyarwanda zirimo Bruce Melodie n’abandi batari bamaze kubaka izina. Nubwo nta ruhande na rumwe rurabyemeza ku mugaragaro, abakurikirana umuziki bacitse ururondogoro kuva mu mpera z’icyumweru gishize ko bishoboka ko vubaha…

Soma inkuru yose

ARIEL WAYZ NA BABU BAGARUTSE MU MUZIKI NYUMA YO KUVA REHABILITATION CENTER.

Abahanzi babiri bakomeye mu muziki nyarwanda, Ariel Wayz na Babu, bagarutse mu ruhando rw’imyidagaduro nyuma y’igihe bari bamaze mu kigo ngororamuco (rehabilitation center) aho bari barajyanywe gukurikiranwa no gufashwa gusezerera ingeso yo gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi byamamare byari bimaze igihe bitagaragara ku rubyiniro ndetse bikomeje gutera impaka hagati y’abafana n’abakurikiranira hafi impinduka zigenda zibera mu muziki…

Soma inkuru yose

IBYARANZE UMUKINO RAYON SPORT YABONYE MO INSINZI IVUYE MUMENYO YA RUBAMBA

Marine FC yakiriye Rayon Sports mu mukino wari ukomeye cyane wabereye kuri Stade Umuganda kuri uyu wa 2 ugushyingo . Uyu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiyona y’u Rwanda (RPL) wari wahuruje imbaga y’abafana, cyane cyane abakunzi ba Rayon Sports bari bazindukiye gushigikira ikipe yabo bakunda. Guhera ku munota wa mbere, amakipe yombi yagaragazaga ubushake…

Soma inkuru yose