Amakipe yo muri Sudan yasabye gukina muri Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru yizewe Dukesha Imvaho nshya agera kumunyamakuru Mucyo felicien wa mavete.com aravuga ko amakipe abiri Manini yo muri Sudan — Al Hilal Omdurman na Al Meirrikh SC — yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) uruhushya rwo gukina muri Rwanda Premier League y’uyu mwaka w’imikino nayo akitabira . Aya makipe yo mu cyiciro cya mbere…

Soma inkuru yose

Bugesera: Babiri bahitanywe n’inyama zipfushije.

Mu murenge wa Ntarama, Akagari ka Kanzenze mu Karere ka Bugesera, haravugwa inkuru y’umuryango w’abantu bane bariye inyama zamatungo (inkoko) zipfushije, babiri muri bo bakahasiga ubuzima ako kanya abandi bakajyanwa igitaraganya kwa muganga kugirango bitabweho hakiri kare. Amakuru yemezwa n’abaturage avuga ko abo bantu bari basanze izo nyamaswa zipfushije zijugunywe hafi y’ingarani, bakazitekera bazi ko…

Soma inkuru yose

Huye: Abanyeshuri basaga 9500 basoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 17 Ukwakira 2025, muri University of Rwanda – Huye Campus habereye ibirori by’itangwa ry’impamyabumenyi (graduation) ku banyeshuri barenga 9,500 (gore 4,204) na (gabo 5,322) * hario College of Education: 2,554 * College of Science and Technology: 1,688 * College of Arts and Social Sciences: 1,006 * College of Business and…

Soma inkuru yose

Rwanda Land Management and Use Authority yahagaritse ikoreshwa rya ‘procurations’ mu ry’ubutaka

Kigali – Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyatangaje ko cyahagaritse burundu ikoreshwa rya procurations (ububasha buhabwa undi muntu ngo akorere nyir’ubutaka ibikorwa byokumuhagararira cyangwa hererekana umutungo ), nyuma yo gusanga ari inzira ikoreshwa n’abantu benshi mu bikorwa by’uburiganya no kwambura abandi ubutaka bwabo. Iyi ngamba ije nyuma y’igenzura ryimbitse ryakozwe n’Ikigo cy’Ubutaka ku rwego rw’igihugu,…

Soma inkuru yose

Leta y’u Rwanda yatangije gahunda nshya yo kuvugurura urwego rw’amabanki hagamijwe gushyira umuturage ku isonga

Kigali – Leta y’u Rwanda yatangije gahunda y’ingenzi yo kuvugurura imikorere y’urwego rw’amabanki mu Rwanda nyuma y’uko isesengura ryihariye ryagaragaje ko uburyo amwe mu mabanki akoramo bugaragaza gushyira imbere inyungu zayo bwite kurusha inyungu z’abaturage kandi aribo baziye . Iyi gahunda iraganirwaho ku mugaragaro kuri uyu wa Kane mu nama irabera muri Kigali Convention Center…

Soma inkuru yose

Perezida Museveni yunamiye Rt. Hon. Raila Odinga, amwita intwari ya Pan-Africanisme

Kampala, 15 Ukwakira 2025Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yihanganishije abaturage ba Kenya nyuma y’urupfu rwa Rt. Hon. Raila Amolo Odinga, wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, amwita “umurwanyi w’ubwigenge n’intwari y’ubumwe bwa Afurika.”Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kabiri, Museveni yavuze ko inkuru y’urupfu rwa Odinga yamugezeho “n’agahinda kenshi,” ashimangira ko Odinga atari…

Soma inkuru yose

Ijoro niryo ryabo: Kamonyi Ibyo Howo yakoze birenze impanuka

Abatuye mu Karere ka Kamonyi barasaba inzego zibishinzwe Rwandapolice PrimatureRwanda ,RwandaLocalGov, RwandaSouth gushyiraho amabwiriza ahamye agenga ikoreshwa ryumuhanda kumakamyo manini ya Howo, nyuma hari ikamyo yakoze impanuka iteye ubwoba mu masaha y’iva kwishuri ry’abanyeshuri ikabaribata. Ni mu gihe abaturage bavuga ko aya makamyo akora cyane mugihe haba hari urujya n’uruza rw’abantu benshi barimo abanyeshuri, abacuruzi…

Soma inkuru yose

Saint Paul: Abagenerwa bikorwa ba VIBE Project bashishikarijwe gukora no kwizigama nk’inzira nyayo yo kugera ku bukire

Kigali, tariki ya 15 Ukwakira 2025 — Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu cyumba cya 20 cy’ikigo cya Saint Paul, habereye amahugurwa yateguwe n’umushinga Value Added Initiative to Boost Employment (VIBE Project) umushinga ukorera muri PRO-FEMMES TWESE HAMWE,Aya mahugurwa agamije guteza imbere ubumenyi n’ubushobozi bwo kwihangira imirimo ndetse no kwiteza imbere. Amahugurwa yatangijwe…

Soma inkuru yose

Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda

Kigali – Kuri uyu wa kabiri nimugoroba, Minisitiri wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Nyakubahwa Aurélie Royet-Gounin, mu ruzinduko rwo gushimangira umubano rwabereye ku cyicaro cya Minisiteri abereye umuyobozi. Ibi biganiro byabaye mu rwego rwo gukomeza gushimangira ubufatanye n’ubuhahirane hagati ya Leta y’u Rwanda n’u…

Soma inkuru yose