Intsinzi ya RSSB Tigers yakomeje guhindura Kigali ibirori: Umujyi wa Kigali watangaje igitaramo n’imurikwa ry’umuriro w’ibyishimo kuri KCC.

Kigali – Nyuma y’ibyumweru bike ikipe ya RSSB Tigers yanditse amateka ikegukana igikombe cya Basketball Africa League (BAL) 2026, ibyishimo byakomeje gukwira mu gihugu hose, aho Umujyi wa Kigali watangaje ko abaturage bazahurira hamwe mu birori byo kwishimira iyo ntsinzi y’amateka. Muri gahunda yatangajwe n’Umujyi wa Kigali, hateganyijwe igitaramo gikomeye ndetse n’imurikwa ry’umuriro w’ibyishimo (fireworks)…

Soma inkuru yose

Davido yijeje ubufasha abana bashimuswe, ashimirwa umutima wo kurengera ejo hazaza habo.

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido, yongeye kugaragaza umutima w’ubumuntu nyuma y’uko asezeranyije ko azafasha abana bashimuswe kubona ubufasha bwo kwita ku buzima bwo mu mutwe ndetse akanabafasha gukomeza amashuri yabo nibaramuka bagaruwe amahoro. Aya magambo yayatangaje mu gihe ikibazo cy’abana bashimutwa gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye bya Nigeria, aho benshi bagaragaza ko ingaruka zacyo…

Soma inkuru yose

Ibyishimo ni byose kuri Wema Sepetu nyuma yo kwibaruka imfura yari amaze imyaka myinshi ategereje.

Umunyamideli, umukinnyi wa filime ndetse wanabaye Nyampinga wa Tanzania mu mwaka wa 2006, Wema Sepetu, ari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka umwana we wa mbere nyuma y’urugendo rurerure rwari rwuzuyemo amatsiko, amasengesho n’ibyiringiro. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Kamena 2026, aho Wema yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko…

Soma inkuru yose

Portugal ya Cristiano Ronaldo yageze muri Amerika.

Ikipe y’Igihugu ya Portugal yamaze kugera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho igiye gutangira urugendo rwayo mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Iyi kipe iyobowe na Cristiano Ronaldo yageze muri iki gihugu yakirwa n’abafana benshi ndetse n’itangazamakuru ryari rifite amatsiko yo kubona imwe mu makipe ahabwa amahirwe yo kuzitwara neza muri iri rushanwa. Kugaragara kwa…

Soma inkuru yose

Perezida Paul Kagame yagejeje ubutumwa bukomeye ku ba Ofisiye bakuru ba RDF; abasaba gukomeza kurinda inyungu z’u Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Paul Kagame, yagejeje ubutumwa bukomeye ku ba Ofisiye bakuru b’Ingabo z’u Rwanda mu nama yabahuje, ashimangira ko umutekano w’igihugu ugomba gukomeza kuba ishingiro ry’ibikorwa byabo bya buri munsi. Yabibukije ko RDF ifite inshingano zo kurinda ubusugire bw’u Rwanda no guharanira ko abaturage bakomeza…

Soma inkuru yose

Mutabazi Isingizwe Sabine witabiriye muri Miss Rwanda 2022 yambitswe Impeta y’urukundo

Mutabazi Isingizwe Sabine, umwe mu bakobwa bahatanye bakagera muri batanu ba mbere mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we, Kevin Shafi Musemakweli, bitegura kurushinga. Uyu muhango wo gutera iyi ntambwe ikomeye wabaye ku wa 7 Kamena 2026b, aho uyu musore Shafi yafashe icyemezo cyo gusaba uyu Sabine ko yamqubera umufasha mu…

Soma inkuru yose

🎵 Vestine na Dorcas Batandukanye na MIE Empire Nyuma y’Imyaka y’Imikoranire

Kigali – Abahanzikazi b’abavandimwe, Vestine na Dorcas, batangaje ku mugaragaro ko bamaze guhagarika imikoranire yabo na MIE Empire sosiyete iyoborwa na Irene Murindahabi. Mu itangazo bashyize hanze, aba bahanzi bavuze ko iki cyemezo cyafashwe nyuma yo kubitekerezaho igihe kinini no kuganira ku cyerekezo gishya cy’urugendo rwabo rwa muzika. MIE Yabaye Umugisha Mu Rugendo RwaboVestine na…

Soma inkuru yose

Cyusa Ibrahim yatumiwe mu Gitaramo cyo kwizihiza #Kwibohora32 mu Bubiligi

Umuhanzi gakondo Cyusa Ibrahim yatumiwe ku mugaragaro gutaramira mu Bubiligi mu birori bikomeye byo kwizihiza isabukuru ya #Kwibohora32. Iki gitaramo kije cyiyngera ku bindi bikorwa by’indashyikirwa uyu muhanzi amaze iminsi akorera ku mugabane w’i Burayi. Iki gitaramo giteganyijwe guhuriza hamwe abanyarwanda n’inshuti zabo batuye mu Bubiligi n’ibihugu bihana imbibi. Bizaba ari umwanya mwiza wo kwishimira…

Soma inkuru yose

RDB yongereye amasaha y’utubari n’utubyiniro kubera igikombe cy’Isi

Urwego rw’igihugu rw’Iterambere (RDB) rwafashe umwanzuro w’uko amasaha y’utubari, resitora n’utubyiniro yongerwa by’agateganyo muri iki gihe cy’igikombe cy’isi. Ibi bikorwa byemerewe gukora kugeza saa cyenda(3:00) za nijoro hagati mu cyumweru, no kugeza saa kumi (4:00) z’ijoro mu mpera z’icyumweru ndetse no ku minsi mikuru. Iki cyemezo cyatangiye gushyirwa mu bikorwa ku wa 12 Kamena, kikazageza…

Soma inkuru yose

Vestine na Dorcas batandukanye na MIE

Abahanzi b’abavandimwe Vestine na Dorcas baririmba indirimbo zo guhimbaza Imana batangaje ko bamaze guhagarika imikoranire yabo na MIE Empire, inzu yari ibafasha mu rugendo rwabo rwa muzika. Mu itangazo bashyize hanze kuwa 13 Kamena 2026, bavuze ko MIE yari yarababereye umufatanyabikorwa ukomeye kuva batangira gukora umuziki, ndetse bayishimira uruhare yagize mu iterambere ryabo. Bagize bati:…

Soma inkuru yose