Nyuma yo guca igikuba ku mbuga nkoranyambaga, TimiBeats yamaze kugera i Kigali

Umuhanzi TimiBeats wo muri Nigeria akomeje kuvugisha benshi mu Rwanda nyuma y’uko challenge y’indirimbo ye ikorewe na Kwizera Olivier uzwi kandi nka Gishweka imaze iminsi ikwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga. Iyi challenge yakunzwe n’abatari bake, aho abakoresha YouTube na Instagram bagiye bagaragaza ko bishimiye uyu muhanzi binyuze mu butumwa bwinshi bwari buherekejwe n’amadarapo y’u Rwanda,…

Soma inkuru yose