Kivumbi King na Mike Kayihura bagiye kumurikira abakunzi babo EP nshya bise Installation

Abahanzi babiri b’abanyempano barimo Kivumbi King na Mike Kayihura bateguye igitaramo cy’amateka kizabera muri Kigali Universe ku itariki ya 13 Ukuboza 2025, aho bazumvisha abakunzi b’umuziki wabo indirimbo ziri kuri EP yabo nshya yise ‘Installation’. Ni igitaramo gitegerejwe n’abatari bake, cyane ko ari nyuma y’uko aba bahanzi bombi bagaragaje ubuhanga budasanzwe mu guhuriza hamwe injyana…

Soma inkuru yose

Rwanda Premier League (RPL) Yihanangirije Ibinyamakuru Bikomeje Gutambutsa Highlights z’Imikino mu buryo bunyuranyije n’Amategeko

Rwanda Premier League (RPL) yihanangirije bikomeye ibinyamakuru bikomeje gushyira amashusho y’imikino (highlights) kuri za Channel za YouTube zabyo mu buryo bunyuranyije n’uburenganzira bwo gusakaza ayamashusho kuko star time itabyemera , ibitegeka gukuraho ako kanya izo video cyangwa bikazafatirwa ibihano bikarishye. Ibinyamakuru byagaragajwe muri ubu butumwa birimo B&B Kigali, TV10, RN Citizen, SK FM na Inyarwanda,…

Soma inkuru yose

APR FC Yihanangirije Rayon Sports Mumukino wabahuje kuruyu wa Gatandatu

Kuri uyu wa Gatandatu, APR FC yeretse Rayon Sports ko igikomeje kuba ubukombe mu mupira w’u Rwanda, iyitsinda ibitego 3–0 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Uyu mukino wari utegerejwe na benshi, wuzura imiryango y’abafana b’impande zombi bari baje gushyigikira amakipe yabo mu buryo bukomeye . APR FC yinjiriye mu mukino iri hejuru…

Soma inkuru yose

RURA Yatangaje Ibiciro Bishya by’Ibikomoka kuri Peteroli biratangira gukurikizwa mu Amezi Abiri

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwasohoye ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu gihe cy’amezi abiri ari imbere, bigamije gukomeza kunoza imigendekere y’ubucuruzi bw’iri koranabuhanga no kurinda inyungu z’abaguzi. Ni ingamba zihuzwa n’ihindagurika ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga ndetse no kurushaho gukumira ko habaho inyungu ndende zitemewe mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli. Nk’uko bitangazwa na RURA,…

Soma inkuru yose

Abakoresha moto za Spiro bakomeje gutabaza, abamamazaga barisubiraho aho burakera

Abakoresha moto za Spiro, zimwe mu moto zikoresha amashanyarazi zigeze kuvugisha benshi mu Rwanda, bakomeje gutabaza kubera ibibazo binyuranye bavuga ko bahura nabyo mu kazi kabo ka buri munsi. Bamwe muri bo bavuga ko izi moto zitangira zikora neza ariko bikarangira zitagikora, ndetse ko zipfa ubusa, zifite ubushobozi buke baterwa n’amakosa y’ubukanishi n’ubukererwe mu kuzisimbuza…

Soma inkuru yose

Kirehe: Itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza ryasuye Ikigo cy’igihe gito bareba imikorere yacyo.

Ku wa Kabiri, mu Murenge wa Nyarubuye mu Karere ka Kirehe, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukandahiro Janvière, yakiriye itsinda ryaturutse mu Karere ka Kayonza, bayobowe na Harelimana Jean Damascène, na we akaba Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza. Uru rugendoshuri rwateguwe hagamijwe gusangiza ubumenyi ku mikorere y’Ikigo kinyurwamo abantu by’igihe gito (Preliminary…

Soma inkuru yose

Prince Kiiz yifatanyije na La Reïna:Ibyo utari uzi ku EP ya mbere ya La Reïna

Umuhanzikazi Uwimanzi Oda Martine, uzwi mu muziki nka La Reïna, ari mu myiteguro yo gusohora EP ye ya mbere yise “1”, igikorwa kigaragaza intambwe ikomeye mu rugendo rwe rw’umuziki. Iyi EP igizwe n’indirimbo esheshatu zirimo Désolé, Nzaba Mpari, Mama, Tell Me, ndetse na Promise yakoranye n’umunyamuziki Prince Kiiiz. Biteganyijwe ko izajya hanze ku wa Gatanu,…

Soma inkuru yose

MINISITERI YA SIPORO YAKIRIYE IHURIRO RY’ABAKINNYI BA OLEIMPIKE MU RWANDA

Ubuyobozi bwa Minisiteri ya Siporo kumunsi wejo bwakiriye itsinda ry’Ihuriro ry’Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino Olempike mu myaka yatambutse, rizwi nka Rwanda Olympians Organization, bari kumwe n’intumwa zavuye muri Komite Olempike y’u Rwanda (Rwanda Olympic Committee). Uru ruzinduko rwagaragaye nk’urushimangira ubufatanye n’uruhare rw’aba bakinnyi mu iterambere rya siporo y’igihugu. Ibi biganiro byibanze cyane ku…

Soma inkuru yose

BUGESERA YANGIYE RWANDA PREMIER LEGUE GUKINA IMIKINO ITARI KUNGENGABIHE

Ikipe ya Bugesera FC yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yandikiye ubuyobozi bwa RPL ibamenyesha ko ititeguye gukina umukino itari yateguriwe mu igenamigambi ryayo ry’amarushanwa, isaba ko uwo mukino wimurirwa igihe giteganyijwe n’ingengabihe ya shampiyona. Ibaruwa yasinywe n’Umuyobozi wa Bugesera FC, Rutayisire M. Jackson, yo ku wa 4 Ugushyingo 2025, igaragaza…

Soma inkuru yose

JEAN PIERRE KAGABO YASEZEYE MURI RBA NYUMA Y’IMYAKA 22 AKORA ITANGAZAMAKURU

Jean Pierre Kagabo, umwe mu banyamakuru bakurikiranwaga cyane muri Rwanda Broadcasting Agency (RBA), yasoje urugendo rwe rw’imyaka 22 muri iki kigo nyuma y’akazi gakomeye kagaragayemo ubwitange, ubunyamwuga ndetse n’ubutabera bw’amakuru yo kuvugira baturage. Kagabo yatangiye urugendo rwe mu itangazamakuru mu mwaka wa 2003, agitangira kwiga muri kaminuza. Yatangiriye kuri radiyo z’abaturage, aho yatangiriye kuri RC…

Soma inkuru yose