Rayon Sports yeretse umuryango rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gufata umwanzuro wo kudahereza amasezerano rutahizamu w’Umunya-Misiri Ali Ismael Ahmed Sayed, wari umaze iminsi akorera igeragezwa (test) muri iyi kipe ikunzwe n’abafana benshi mu Rwanda. Nyuma yo gusuzuma urwego rwe mu myitozo n’uko yitwaye mu bihe bitandukanye by’igeragezwa, ubuyobozi n’abatoza ba Rayon Sports basanze atujuje ibisabwa kugira ngo agume muri…

Soma inkuru yose

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwarekuye K-John, abandi boherezwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo kuri dosiye ikurikiranywemo abantu batandukanye bakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni ajyanye na Yampano n’umukunzi we. Mu mwanzuro warwo, urukiko rwanzuye ko Kalisa John uzwi nka K-John arekurwa by’agateganyo, mu gihe abandi bane barimo Djihadi, Pazzo, François Xavier Ishimwe na Papy Nesta boherejwe mu Igororero rya Mageragere gufungwa iminsi 30 y’agateganyo….

Soma inkuru yose

Bruce Melodie ashyize hanze indirimbo nshya “Munyakazi” nyuma ya press conference yabereye muri Car Free Zone

Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no mu karere, Bruce Melodie, yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise “Munyakazi”, igiye kwiyongera ku zindi ndirimbo zakunzwe cyane yakoze mu bihe bishize. Iyi ndirimbo yasohotse nyuma y’uko uyu muhanzi ayitangaje ku mugaragaro muri press conference yabereye mu Mujyi wa Kigali, ahazwi nka Car Free Zone ahahurira abantu benshi n’itangazamakuru…

Soma inkuru yose

Abakeba barahinda umushyitsi! MURERA yazanye Umunya-Misiri na Rutahizamu w’Umunya-Uganda

Ikipe ya Rayon Sports (MURERA) yiteguye kwinjira mu mwaka w’imikino iri gutanga ubutumwa bukomeye ku bahanganye na yo, aho bigaragara ko uyu mwaka ushobora kuba mahwi ukanaba mubi ku makipe menshi bizahura. Nyuma yo gukomeza kwiyubaka ku rwego rw’ubuyobozi n’abakinnyi, MURERA noneho yatangiye no gutunganya neza urwego rw’ubutoza, ibintu byakunze kuyigora mu bihe byashize. Amakuru…

Soma inkuru yose

Gicumbi: Abana batatu bo mu muryango umwe bapfiriye mu iturika rya gerenade i Cyumba

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 16 Ukuboza 2025, ahagana saa tatu, habaye inkuru ibabaje mu Murenge wa Cyumba, Akarere ka Gicumbi, aho abana batatu bo mu muryango umwe bapfiriye mu iturika rya gerenade. Aya makuru yemejwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Nzabonimpa Emmanuel, watangaje ko iryo turika ryabereye mu gace…

Soma inkuru yose

Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

Rutsiro FC ihagaritse urugendo rwa Al Hilal SC idatsindwa

Ikipe ya Rutsiro FC yakoze amateka muri Rwanda Premier League itsinda Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino Al Hilal SC yari yayakiriyemo wabereye kigali pele stadiumu.wari urimo ishyaka, ubuhanga n’amarangamutima menshi, ihagarika urugendo rwa Al Hilal SC yari imazemo imikino myinshi idatsindwa muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mukino wabereye ku kibuga cya Al Hilal…

Soma inkuru yose

President Kagame Holds High-Level Talks on Strategic Investments with Global Business Leaders

This afternoon at Urugwiro Village, President Paul Kagame held a high-level meeting with prominent international investors to explore strategic investment and development opportunities in Rwanda, reinforcing the country’s position as a leading destination for global capital and innovation. The meeting brought together Mohamed Ali Janah, Group Chairman of Hotels and Resorts Investment Maldives and Chairman…

Soma inkuru yose

Miss Naomie Nishimwe yamuritse igitabo cye More Than a Crown mu birori byitabiriwe n’ibyamamare

Miss Naomie Nishimwe yamuritse ku mugaragaro igitabo cye cya mbere cy’inkuru-mvugo (memoir) yise More Than a Crown, mu birori byiza kandi byari byitabiriwe n’abantu batandukanye b’ibyamamare mu myidagaduro, itangazamakuru, n’abagize sosiyete sivile. Ibi birori byabaye intambwe ikomeye igaragaza ko atari ikimenyetso cy’ubwiza gusa, ahubwo ari n’umuyobozi ufite ubutumwa, intego n’uruhare mu guhindura imibereho y’abandi. Ibi…

Soma inkuru yose