Rayon Sports yemeje umutoza mushya: Umufaransa Bruno Ferry aragera i Kigali gusinya amasezerano

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushyira mu bikorwa umushinga mugari wo gutegura umwaka w’imikino wa 2026, aho yemeje ko umutoza w’Umufaransa Bruno Ferry, wahoze atoza amakipe akomeye nka AZAM FC yo muri Tanzania na AS VITA CLUB yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ategerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane nimugoroba kugira ngo asinye…

Soma inkuru yose

Rutsiro FC ihagaritse urugendo rwa Al Hilal SC idatsindwa

Ikipe ya Rutsiro FC yakoze amateka muri Rwanda Premier League itsinda Al Hilal SC ibitego 2-1 mu mukino Al Hilal SC yari yayakiriyemo wabereye kigali pele stadiumu.wari urimo ishyaka, ubuhanga n’amarangamutima menshi, ihagarika urugendo rwa Al Hilal SC yari imazemo imikino myinshi idatsindwa muri uyu mwaka w’imikino. Uyu mukino wabereye ku kibuga cya Al Hilal…

Soma inkuru yose

President Kagame Holds High-Level Talks on Strategic Investments with Global Business Leaders

This afternoon at Urugwiro Village, President Paul Kagame held a high-level meeting with prominent international investors to explore strategic investment and development opportunities in Rwanda, reinforcing the country’s position as a leading destination for global capital and innovation. The meeting brought together Mohamed Ali Janah, Group Chairman of Hotels and Resorts Investment Maldives and Chairman…

Soma inkuru yose

Miss Naomie Nishimwe yamuritse igitabo cye More Than a Crown mu birori byitabiriwe n’ibyamamare

Miss Naomie Nishimwe yamuritse ku mugaragaro igitabo cye cya mbere cy’inkuru-mvugo (memoir) yise More Than a Crown, mu birori byiza kandi byari byitabiriwe n’abantu batandukanye b’ibyamamare mu myidagaduro, itangazamakuru, n’abagize sosiyete sivile. Ibi birori byabaye intambwe ikomeye igaragaza ko atari ikimenyetso cy’ubwiza gusa, ahubwo ari n’umuyobozi ufite ubutumwa, intego n’uruhare mu guhindura imibereho y’abandi. Ibi…

Soma inkuru yose

Bugesera fc yahaye isomo Rya Ruhago Rayon sport iyibutsa ko nayo ibyabaye itabyibagiwe

Mu mukino w’amatsiko wakiniwe kuri stade ya Bugesera, ikipe ya Bugesera FCyahaye isomo ikipe ya Rayon Sports iyitsinda nagasuzuguro kenshi 2-1,ni nimugihe abafana ba Rayon sport murera bari batambukije ubutummwa bavuga ko ibyabaye ubushize batabyibagiwe, nyamara kandi ikipe ya bugese nuko yari yarayitsinze 2-1 ubushize maze abafana ba murera batera amabuye , nanone yongeye irayisubira…

Soma inkuru yose

Bombori Bombori Zirarangiye Hagati ya The Ben na Bruce Melodie Biyemeje Amahoro 2026

Nyuma y’impaka nyinshi no gupingana kwabaye hagati y’abafana babo ndetse n’abahanzi ubwabo, The Ben na Bruce Melodie bafashe icyemezo cyo kubishyiraho iherezo, nubwo byatwaye igihe kirekire.Izi mpaka zatangiye hashize imyaka igera kuri itandatu, ubwo ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru hatangiraga kwibazwa umuhanzi ukwiye gusimbura Meddy, wari umaze gusezera ku muzika w’isi akerekeza ku muzika…

Soma inkuru yose

AL MERRIKH SC YATSINZE MARINE FC: DAOUDA BA ABAHESHA IBYISHIMO

Marine FC yo mu Rwanda ntiyabashije kwitwara neza mu rugendo rwayo rwa Rwanda premier league nyuma yo gutsindirwa na Al Merrikh SC igitego 1-0, mu mukino waberaga muri stade Pele stadium i nyamirambo. Ni umukino wari ukomeye cyane, wahuzaga amakipe yombi yaharaniraga kuzamuka kurutonde rwa championa. Igitego kime rukumbi nicyo cyabonetse mu mukino cyatsinzwe ku…

Soma inkuru yose

AL HILAL YANDIKIYE CAF ISABA GUHINDURA IKIBUGA CY’IMIKINO YA CHAMPIONS LEAGUE

Ikipe ya Al Hilal Omdurman yo muri Sudan iri mu bihe bikomeye nyuma y’uko itanze ubusabe bushya ku Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) isaba ko imikino yayo ya CAF Champions League yakwakirirwa muri Libya, aho gukomeza gukoresha Stade Amahoro i Kigali. Amakuru aturuka mu nzego zayo za siporo yemeza ko iki cyemezo gishingiye ku…

Soma inkuru yose

Al Ahly, ES Tunis, Zamalek… bose i Kigali! U Rwanda rugiye kwakira irushanwa rikomeye rya Volleyball

Kigali yongeye kwerekana ko ari umujyi wiyubatse kandi ushobora kwakira amarushanwa akomeye ku mugabane, nyuma y’uko Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda (FRVB) ku bufatanye n’Ishyirahamwe rya Volleyball rya Afurika (CAVB) ritangaje ko Africa Men’s Club Championship 2026 izabera mu Rwanda kuva tariki ya 20 Mata kugeza ku ya 3 Gicurasi 2026. Ni inkuru yanejeje abakunzi…

Soma inkuru yose

NIYO BOSCO YASEZERANYE N’UMUKUNZI WE MUKAMISHA IRENE MU RWEGO RW’AMATEGEKO I KINYINYA

Ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukuboza 2025, ahagana mu ma saa (2:30 PM z’amasaha y’i Rwanda), umuhanzi w’inararibonye mu kwandika,kuririmba Gucuranga GITARI no kuramya Imana, Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco, yageze ku biro by’Umurenge wa Kinyinya mu karere ka Gasabo aje gusezerana imbere y’amategeko n’umukunzi we Mukamisha Irene Uyu muhanzi w’imyaka iri hagati…

Soma inkuru yose