Ibikoresho bya FERWAFA munzu ya Camarade

Mugihe ubushinjacyaha bukomeje gukusanya ibimenyetso urugo rwa Camarade rwasanzwemo imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi hakibazwa icyo iyo myenda imara murugorwe yakabaye yaratanzwe kubakinnyi si imyenda gusa ahubwo hari nibindi bikoresho by’ikigo byakabaye bitari murugorwe. Urukiko rukuru rukomeje kandi kuburanisha urubanza ruregwamo Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, Uyu Camarade kandi yahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru…

Soma inkuru yose

Udushya twarane irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025

Irushanwa rya UCI World Championships ITT 2025 ni irushanwa aho umuntu kugiti cye asiganwa nigihe, Hari byinshi kandi byatunguye benshi kuko bitari byitezwe nabenshi cyane ko bamwe mu Irushanwa rya Individual Time Trial (ITT) bari basanganwe igikombe aribo ba champions bakaba barakubiswe inshuro. Iri rushanwa rya Individual Time Trial (ITT)ryabereye mu Mujyi wa Kigali muri…

Soma inkuru yose

Uruganda rwa Hakan Peat to Power Plant Rwitezweho guhindura ubukungu bwa Gisagara

Gisagara – Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva, yakomeje uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo asura uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri, ruzwi nka Hakan Peat to Power Plant, rufite ubushobozi bwo gutanga megawati 80. Uru ruganda, ruherereye mu gace k’Uruzi rw’Akanyaru mu Karere ka Gisagara, rutekerejwe nk’igikorwa cy’ingenzi mu rwego rwo kongera ingufu z’amashanyarazi mu gihugu. Ni…

Soma inkuru yose

Fb the One: Impano nshya ivuka i Rusizi yiteguye guhindura muzika nyarwanda

Frank Baraka uzwi ku izina ry’ubuhanzi Fb the One, ni umuhanzi mushya uvuka mu Karere ka Rusizi, ufite intego yo kuzana impinduka no guteza imbere impano z’Abanyarwanda muri rusange binyuze muri muzika.Uyu musore avuga ko amazina ye y’ubuhanzi afite inkomoko mu izina rye rya buri munsi Frank Baraka, aho yahisemo kurihindura mu mpine rikaba FB,…

Soma inkuru yose

Vision Jeunesse Nouvelle na CNUR mu rugendo rwo guhindura imyumvire y’abagororwa ba Jenoside

Kuri uyu wa Mbere, ku bufatanye bwa Vision Jeunesse Nouvelle na Unity and Reconciliation Commission (CNUR), abagororwa bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari mu igororero rya Nyamasheke bahawe ikiganiro kigamije kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa. Muri iki kiganiro, abagororwa basabwe guharanira kongera kuba ab’umumaro mu kubaka igihugu igihe bazaba barangije ibihano byabo, bakagira uruhare…

Soma inkuru yose

Banki Nkuru y’u Rwanda yasohoye amabwiriza mashya ku bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga

Ku wa 17 Nzeri 2025, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasohoye amabwiriza mashya asobanura neza inzego n’abantu bemerewe kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga harimo n’amadolari ya Amerika (USD). Ni ingamba igamije kunoza imicungire y’ifaranga ry’igihugu no gushyira umurongo mu mikorere y’isoko ry’imbere mu gihugu. Nk’uko BNR yabisobanuye, kwakira ubwishyu mu mafaranga y’amahanga byemewe gusa ku…

Soma inkuru yose

uRwanda rukomeje kuba ubukombe mukwakira ibirori bikomeye by’Isi

Mu myaka iheruka, u Rwanda rwahindutse umwe mu mitima y’Isi yakira inama n’ibirori bikomeye by’amateka, bikerekana ubushobozi n’ubushake bwo gushyira igihugu mu rwego mpuzamahanga. Mu 2022, u Rwanda rwakiriye Commonwealth Heads of Government Meeting (CHOGM), ihuriro rikomeye ryahuje abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu muryango wa Commonwealth. Byari ibyumweru byerekanye ubudasa bw’u Rwanda mu…

Soma inkuru yose

Kuva mu biganiro na Aliyev kugeza kuri Formula 1: Perezida Kagame i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uri mu ruzinduko rw’akazi muri Azerbaijan, yasuye umuhanda wo mu Mujyi wa Baku wakiniweho isiganwa rya Formula 1, rizwi nka Azerbaijan Grand Prix. Uyu muhanda w’icyubahiro, uzwi nka Baku City Circuit, ni umwe mu mihanda ikunze kwakira amasiganwa akomeye ku rwego mpuzamahanga, aho higeze kubera irushanwa rikomeye ryitabiriwe…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Ilham Aliyev i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriwe na Perezida Ilham Aliyev w’igihugu cya Azerbaijan mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu ya Zugulba Presidential Palace iherereye i Baku, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byihariye (tête-à-tête) bigamije gushimangira ubufatanye hagati ya Kigali na Baku. Muri ibyo biganiro, Perezida Kagame…

Soma inkuru yose

Perezida Kagame yunamiye intwari z’Azerbaijan mu ruzinduko i Baku

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uri mu ruzinduko rw’akazi i Baku muri Azerbaijan, ku m kuruyu wa Gatandatu tariki ya 20 Nzeri 2025, yasuye Urwibutso rwa Alley of Honor, rumenyerewe nk’ahakomeye mu mateka y’iki gihugu. Muri urwo ruzinduko, Perezida Kagame yunamiye Heydar Aliyev, wabaye Perezida wa gatatu wa Azerbaijan, ndetse n’umugore we Zarifa…

Soma inkuru yose